Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Sudan yafatiriye imitungo ifite agaciro ka miliyari $4 ya Omar al-Bashir n’abantu be ba hafi

Sunday 24 May 2020
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre

Urwego rushinzwe kurwanya ibyaha bya ruswa rwatangaje ko rumaze gufatira imitungo ifite agaciro ka miliyari $4, yahoze ari iya Omar al-Bashir wahoze ari perezida w’icyo gihugu, umuryango we n’abantu be ba hafi.

Uru rwego rukomeje gukurikirana ibyaha bya ruswa runibanda kuri Bashir wayoboye icyo gihugu kuva mu 1989 nyuma yo guhirika ubutegetsi yifashishije igisirikare, nawe abukurwaho n’imyigaragambyo y’abaturage muri Mata 2019.

Umuvugizi w’iyi komisiyo, Salah Manaa, yabwiye abanyamakuru ati “Igereranya ryacu ry’imitungo, imigabane mu bigo bitandukanye n’inyubako tumaze gufatira ni hagati ya miliyari $3.5 na miliyari $4.”

Bashir yakuwe ku butegetsi nyuma y’imyaka 30 ndetse mu Ukuboza umwaka ushize yahamijwe ibyaha bitandukanye birimo ibya ruswa akatirwa gufungwa imyaka ibiri, ndetse anashakishwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku byaha aregwa ko yakorewe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru