Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Tanzania: Byabaye ikizira gukora siporo mu minsi itatu yo gusenga

Wednesday 3 February 2021
    Yasomwe na

Umuyobozi wa Polisi yo mu gihugu cya Tanzania mu Mujyi wa Dar es salaam, Lazaro Mambo Sasa, yatanaje ko guhera ubu kizira kikaziririzwa ko hagira ukora siporo cyangwa se indi myiyerekano iyo ari yo yose mu minsi yo gusenga kuko bibangamira cyangwa bikazitira abajya gusenga bigakurizamo gutuma bakererwa.

Mambo Sasa yavuze ko iminsi yo gusenga igiye kujya iziririzwa muri Dar Es Salaam ari ku wa Gatanu Abayisilamu basengaho, ku wa Gatandatu Abadivantisiti basengaho no ku wa mungu cyangwa se ku Cyumweru amadini ya Gikirisitu asengaho.

Muri iyo minsi uko ari itatu, umuturage uzafatirwa mu bikorwa bya siporo cyangwa indi myidagaduro mu mihanda yo mu mujyi wa Dar Es Salaam azahura n’imbaraga za Polisi akanirwe urumukwiye nk’uwishe andi mategeko ayo ari yo yose muri icyo gihugu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru