Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

URUKINGO RUSHYA RWA VIRUSI ITERA SIDA, RURI GUTANGA ICYIZERE KO RUSHOBORA KUGIRA IMPINDUKA RUZANA

Thursday 12 July 2018
    Yasomwe na

Ubushakashatsi bwakozwe ku rukingo rwa virusi itera Sida (VIH) bwakorewe ku bantu barimo n’Abanyarwanda, bwatanze icyizere ko rushobora gutangira gufasha abantu mu myaka iri imbere.

Uru rukingo rwasuzumiwe ku bantu 393, nyuma bigaragara ko bongerewe ubushobozi bwo guhangana n’iyi virusi itera Sida. Mu isuzuma ryakozwe byanagaragaye ko rwabashije kurinda inkende zimwe virusa ijya gusa na VIH.

Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, igaragaza ko ku Isi habarurwa abagera kuri miliyoni 37 babana na VIH, mu gihe buri mwaka ubwandu bushya bugaragara byibura mu bantu miliyoni 1.8.

Abashakashatsi bo mu Ishuri ry’ubuvuzi rya Havard bakoze uru rukingo batangaje ko igikurikiyeho ari ugukorera igerageza ku bagore 2600 bo muri Afurika y’Epfo bafite ibyago byinshi byo kwandura, kugira ngo bemeze niba koko rushobora gukumira kwandura Virusi itera Sida.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru