Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

USA: Abantu basaga 10 bapfuye barashwe n’uwitwaje imbunda

Wednesday 23 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Polisi ya Amerika USA ivuga ko abantu bagera ku 10 barashwe n’umutu witwaje imbunda kuri uyu wa Gatatu.

Barasiwe mu iduka rya Walmart ahitwa Chesapeake muri leta ya Virginie.

Amakuru dekesha ibitangazamakuru byo muri USA avuga ko umugabo ushinzwe ububiko yarashe hanyuma agahindukiza imbunda akarasa abantu.

Umujyi wa Chesapeake wanditse kuri Twitter, ko abapolisi bemeje ko hari umuntu warashe abantu bagapfa mu iduka rya Walmart.

Nta mpamvu n’imwe y’ubu bwicanyi kugeza ubu iramenyekana.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru