Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

USA: Abantu basaga 10 bapfuye barashwe n’uwitwaje imbunda

Wednesday 23 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Polisi ya Amerika USA ivuga ko abantu bagera ku 10 barashwe n’umutu witwaje imbunda kuri uyu wa Gatatu.

Barasiwe mu iduka rya Walmart ahitwa Chesapeake muri leta ya Virginie.

Amakuru dekesha ibitangazamakuru byo muri USA avuga ko umugabo ushinzwe ububiko yarashe hanyuma agahindukiza imbunda akarasa abantu.

Umujyi wa Chesapeake wanditse kuri Twitter, ko abapolisi bemeje ko hari umuntu warashe abantu bagapfa mu iduka rya Walmart.

Nta mpamvu n’imwe y’ubu bwicanyi kugeza ubu iramenyekana.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru