Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Uburusiya buri gusenya ikintu cyose mu Mujyi wa Donbas

Wednesday 25 May 2022
    Yasomwe na

News

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibitero by’ingabo z’Uburusiya mu gihugu cye byiyemeje gusenya buri kintu cyose kiri mu Mujyi wa Donbas.

Ni mu buryo bwo gucungira umutekano no kwagura ahantu hose ingabo z’Uburusiya zafashe mu Burasirazuba bwa Donbas. Abaturage barimo kuvanwa mu mujyi wa Bakhmut.

Ni umugambi Uburusiya bwihaye muri iki gihe buri kuzuza amezi ane kuri uyu wa Gatatu, ingabo zikaba zirimo gusenya umujyi w’inganda wa Severodonetsk zihazenguruka nk’uko AFP yabyanditse.

Uyu musaza w’imyaka 67 ari kureba uko ibusasu by’Uburusiya byasenye imodoka ye ikaba umuyonga

Perezida Zelensky yunamiye ibihumbi by’Abanya-Ukraine b’abagabo n’abagore batikiriye mu rugamba kuva rwatangira arinako asaba izindi ntwaro ziremereye mu bihugu by’amahanga n’abafatanyabikorwa be.

Yagize ati, "Ishoramari ryiza ni irishyizwe mu guturisha umutekano w’Isi."

Ibice by’Uburasirazuba ingabo z’Uburusiya zimaze kwigarurira muri Ukraine

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru