Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Ubushinwa:Umugore Mahjong, yashyize umwana munsi y’intere bibabaza benshi

Thursday 5 July 2018
    Yasomwe na

Umugore w’Umushinwa wabaswe n’urusimbi witwa Mahjong,yakoze amahano ubwo yafataga umwana we warimo arira amushyira munsi y’intebe ayicaraho aho kugira ngo amwiteho.

Uyu mugore yanenzwe na benshi nyuma yo gufata agatebe ka plasitike yari yicayeho agashyira munsi umwana we kugira ngo atamubuza gukina urusimbi byatumye uyu mwana abura uburyo bwo gusohoka ngo yisanzure.

Amarira y’uyu mwana muto yirengagijwe na nyina ndetse nkuko amashusho yagiye hanze yabigaragaje ,uyu mubyeyi gito ari guhiga bukware na polisi, we na bagenzi be kuko urusimbi rwa Mahjong bakinaga rutemewe mu Bushinwa.

Abapolisi bakomeje iperereza ndetse babwiye abaturage bazabiranyijwe n’uburakari kubera uyu mubyeyi gito ko ari guhigwa bukware ndetse bari gushakisha uwafashe aya mashusho kugira ngo abafashe kubona aba banyabyaha bakoraga ibikorwa bitemewe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru