Friday . 10 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more
  • 6 July » Neymar yasezeye gukinira ikipe ya Brazil – read more
  • 24 June » Musanze: JADF yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye gatatu muri uyu mwaka – read more
  • 23 June » Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y’Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza – read more
  • 15 June » Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w’Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima – read more

Ubushinwa:Umugore Mahjong, yashyize umwana munsi y’intere bibabaza benshi

Thursday 5 July 2018
    Yasomwe na

Umugore w’Umushinwa wabaswe n’urusimbi witwa Mahjong,yakoze amahano ubwo yafataga umwana we warimo arira amushyira munsi y’intebe ayicaraho aho kugira ngo amwiteho.

Uyu mugore yanenzwe na benshi nyuma yo gufata agatebe ka plasitike yari yicayeho agashyira munsi umwana we kugira ngo atamubuza gukina urusimbi byatumye uyu mwana abura uburyo bwo gusohoka ngo yisanzure.

Amarira y’uyu mwana muto yirengagijwe na nyina ndetse nkuko amashusho yagiye hanze yabigaragaje ,uyu mubyeyi gito ari guhiga bukware na polisi, we na bagenzi be kuko urusimbi rwa Mahjong bakinaga rutemewe mu Bushinwa.

Abapolisi bakomeje iperereza ndetse babwiye abaturage bazabiranyijwe n’uburakari kubera uyu mubyeyi gito ko ari guhigwa bukware ndetse bari gushakisha uwafashe aya mashusho kugira ngo abafashe kubona aba banyabyaha bakoraga ibikorwa bitemewe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru