Monday . 20 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Ubutegetsi bwa Biden bufitiye ubwoba icyorezo cya Ebola yongeye kuzura umugara muri Afurika

Thursday 18 February 2021
    Yasomwe na

Kubera ubwoba ubutegetsi bwa Joe Biden butewe nuko ikibazo cy’ubuzima gihagaze ku mugabane w’Afurika nyuma yuko muri Congo DRC no muri Guinea, bwatangaje ko buzakora ibishoboka byose kugira ngo burandurane n’imizi icyo cyorezo.

Byatangajwe kuri uyu wa Kane n’Umujyanama wa Biden mu bijyanye n’umutekano w’igihugu.

Yavuze ko ubuyobozi bwa Biden buzafatanya n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ibihugu byibasiwe na Ebola ndetse n’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu guhashya iki cyorezo cyoneye kugaragara i Congo ku nshuro ya 12.

Ni muri urwo rwego uyu mujyanama wa Biden yagiranye ibiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo ari byo Congo Kinshasa, Guinea, Sierra Leone, Liberia muri Amerika bagamije kurebera hamwe uko ibyo byagerwaho bakarandura Ebola.

Ibihugu bya Congo Kinshasa na Guinea byongeye kuvugwamo icyorezo cya Ebola mu gihe bisanzwe biri mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika bitorohewe n’icyorezo cya Coronavirusi kibasiye isi muri Rusange.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru