Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Urubyiruko rugiye kwereke Perezida Kagame umusaruro wa Youth Connect mu myaka 10 ishize

Wednesday 23 August 2023
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yafunguye ibirori byo Kwizihiza imyaka 10 ishize hatangijwe Ihuriro ry’Urubyiruko rizwi nka Youth Connect ryabereye muri #IntareArena aho ryahuje urubyiruko ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu mpande zose z’igihugu.

Youth Connekt yafashije benshi mu rubyiruko kuko yatumye hahangwa imirimo igera ku bihumbi 36, hamaze kandi gukorwa ibikorwa bigera muri miliyoni 4 byakorewe ahantu hatandukanye mu gihugu bikozwe mu bumenyi bw’urubyiruko rutanga umusanzu mu bikorwa bitandukanye by’abaturage.

Hafashijwe imishinga irenga ibihumbi 2000 mu buryo butandukanye.

Hafashijwe kandi urubyiruko rugera ku bihumbi 3000 rwari rufite ibibazo bitandukanye, mu gihe hafashijwe n’abenjeniyeri 500 b’urubyiruko bakora mu bikorwa remezo.

Agaciro k’ibimaze kuva mu bikorwa byarurutse mu biganiro bya YouthConnekt kabarirwa muri miliyari 5.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru