Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari n’abayobozi bacyo

Wednesday 26 March 2025
    Yasomwe na

Nyuma yo gufata Umujyi wa Goma, ukaba n’umujyi Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ibigo by’imari n’amabanki yari muri uwo mugi byahise bifunga imiryango, abaturage bari bafitemo amafaranga babura uwo babaza kugeza magingo aya.

LA CAISSE GÉNÉRALE D’ÉPARGNE DU CONGO (« CADECO » SARL), Ni ikigo cy’Imari uyu mutwe washyizeho, mu rwego rwokorohereza abaturage mu gukoresha neza imitungo yabo no kubafasha kubona inguzanyo zizabafasha mu gushora imari no gukomeza gukora ubucuruzi.

Byatangajwe binyuze ku rukuta rwa X rw’umuvugizi wa AFC/M23 mu rwego rwa Politiki, Lawrence Kanyuka, aho yashyize hanze urutonde rw’amazina y’abayobozi b’iki kigo cy’imari bashyizweho.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru