Sunday . 30 March 2025

INKURU ZIGEZWEHO

  • 28 March » Abahagarariye AFC/M23 bagiye muri Qatar – read more
  • 26 March » AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari n’abayobozi bacyo – read more
  • 26 March » Rubavu: Amezi abaye 4 akarere kadatanga amafaranga y’ubukode nyuma y’ibiza bya 2023 – read more
  • 25 March » Perezida Ndayishimiye yigambye gutera u Rwanda n’aho azanyura – read more
  • 25 March » Perezida Kagame yatanze inama ku cyarangiza intambara mu karere – read more

AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari n’abayobozi bacyo

Wednesday 26 March 2025
    Yasomwe na

Nyuma yo gufata Umujyi wa Goma, ukaba n’umujyi Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ibigo by’imari n’amabanki yari muri uwo mugi byahise bifunga imiryango, abaturage bari bafitemo amafaranga babura uwo babaza kugeza magingo aya.

LA CAISSE GÉNÉRALE D’ÉPARGNE DU CONGO (« CADECO » SARL), Ni ikigo cy’Imari uyu mutwe washyizeho, mu rwego rwokorohereza abaturage mu gukoresha neza imitungo yabo no kubafasha kubona inguzanyo zizabafasha mu gushora imari no gukomeza gukora ubucuruzi.

Byatangajwe binyuze ku rukuta rwa X rw’umuvugizi wa AFC/M23 mu rwego rwa Politiki, Lawrence Kanyuka, aho yashyize hanze urutonde rw’amazina y’abayobozi b’iki kigo cy’imari bashyizweho.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru