Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE

Tuesday 3 March 2026
    Yasomwe na

Ingabo za Israel zemeje ko zarashe ku murwa mukuru wa Iran, Tehran na Beirut muri Liban kuri uyu wa kabiri mu gitondo.

Mu itangazo igisirikare cya Israel cyagize kiti: “Ingabo za Israel ubu ziri kurasira rimwe ibirindiro bya gisirikare i Tehran na’i Beirut”.

Umuvugizi w’ingabo za Israel ukoresha Icyarabu Avichay Adraee yavuze ko barimo gukora ibitero bikomeye byo mu kirere.

Ibi bitero byabaye isaha imwe nyuma yuko IDF isohoye “itangazo riburira kandi ryihutirwa” kubaturage bo mu duce tw’ibyaro tw’amajyepfo ya Beirut, no mu midugudu itandukanye babakangurira guhunga.

IDF yavuze ko iri kwibanda cyane ku bigo by’abategetsi n’ahabikwa ibikoreso bya Hezbollah.

Chadadi Habimana

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru