Thursday . 23 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 23 April » AFC/M23 na Kinshasa bemeranyije guhererekanya imfungwa zikanyuzwa muri Uganda – read more
  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more

Abantu 12 barimo n’abapolisi beretswe itangazamakuru bakekwaho icyaha cya ruswa

Wednesday 3 November 2021
    Yasomwe na

Ndayambaje Jean Claude

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 12 barimo abapolisi 7 n’abasivile 5 bakekwaho ibyaha bya ruswa bakoreye mu turere dutandukanye mu bihe bitandukanye.

Berekanwe ku Gicamusi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 202, kuri sitasiyo ya polisi y’Umujyi wa Kigali , i Remera mu karere ka Gasabo, bakekwaho ibyaha bya ruswa bakoze kuva tariki ya 25 Ukwakira na tariki ya 27 Ukwakira 2021 ubwo hakorwaga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiga.

Aba bose bahakana ibi byaha bavuga ko nta bimenyetso bihari mu gihe hari abatangabuhamya bemeza ko batanze amafaranga kugira ngo bazabone impushya zo gutwa ibinyabiziga. Aba bose ibi byaha babikoreye mu turere dutandukanye ari two Nyamagabe, Rubavu, Gasabo , Muhanga na Huye.

Muri aba bapolisi bafashwe barimo umwe ufite ipeti rya CIP, batatu bafite ipeti rya IP, umwe ufite ipeti rya AIP hamwe n’abandi babiri bafite ipeti rya Sergeant, bose bakaba bacumbikiwe kuri sitasiyo ya polisi mu karere ka Gasabo.

Barimo n’abasivile

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru