Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda

Wednesday 15 December 2021
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imaze kubarura abantu batandatu binjiye mu gihugu bafite Virusi ya Corona yihinduranyije, yo mu bwoko bwa Omicron, iri kwigaragaza mu bihugu bitandukanye ku isi Kandi ifite bukana burengeje izindi zagaragaye.

Ni itangazo ryasohotse kuri kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukuboza, rihamagarira Abanyarwanda n’abaturarwanda gushishikarira kwikingiza guhera ku bafite imyaka 12 kuzamura no gusaba abafite imyaka 18 kuzamura kwikingiza urukingo rwa Gatatu rushimangira izo bahawe mbere.

Virusi ya Omicron yagaragaye bwa Mbere muri Afurika y’Epfo kuva ubwo ingendo zigana mu bihugu byo mu Majyepfo bitangira guhabwa akato, abantu batangira kuyikwirakwiza ku isi binyuze mu ngendo bakora zambukiranya ibihugu OMS ikaba ibarura ibihugu bitenga 70 iyo virusi imaze kubonekamo bikayitangaza ariko ikavuga ko bishobora kuba birenga kuko hari ibihugu bitaratangaza ko yabigezemo ku mpamvu zitazwi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru