Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Abatutsi bo muri Masisi barinubira kwibasirwa kuri za bariyeri

Thursday 5 January 2023
    Yasomwe na

Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi baba muri Territoire ya Masisi bamaze igihe bibasirwa n’abacunga bariyeri z’umutekano ziri ku muhanda uva Kitchanga ujya Sake.

BBC Gahuzamiryango yanditse ko imaze iminsi ibona ubutumwa buvuga ko ubwo bugizi bwa nabi buri gukorerwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuryango w’Abatutsi bo muri Kivu y’Amajyaruguru uvuga ko izo bariyeri zimaze igihe zarongerewe, bakemeza ko iyo abaturage bahageze bahagarikwa, baba abari ku maguru cyangwa moto ndetse n’imodokari.

Abacunze izo bariyeri ngo iyo babonye abasa n’abatutsi barabahagarika bakabagirira nabi mu kubaka amafranga bayabura bakabafunga.

Gusa ariko FARDC ihakana kwibasira abaturage b’abatutsi kuri za bariyeri.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru