Sunday . 31 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Abatutsi bo muri Masisi barinubira kwibasirwa kuri za bariyeri

Thursday 5 January 2023
    Yasomwe na

Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi baba muri Territoire ya Masisi bamaze igihe bibasirwa n’abacunga bariyeri z’umutekano ziri ku muhanda uva Kitchanga ujya Sake.

BBC Gahuzamiryango yanditse ko imaze iminsi ibona ubutumwa buvuga ko ubwo bugizi bwa nabi buri gukorerwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuryango w’Abatutsi bo muri Kivu y’Amajyaruguru uvuga ko izo bariyeri zimaze igihe zarongerewe, bakemeza ko iyo abaturage bahageze bahagarikwa, baba abari ku maguru cyangwa moto ndetse n’imodokari.

Abacunze izo bariyeri ngo iyo babonye abasa n’abatutsi barabahagarika bakabagirira nabi mu kubaka amafranga bayabura bakabafunga.

Gusa ariko FARDC ihakana kwibasira abaturage b’abatutsi kuri za bariyeri.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru