Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Amanota y’abakoze ibizamini by’amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Friday 12 November 2021
    Yasomwe na

Amanota agiye kujya hanze ni ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta mu mwaka w’amashuri wa 2020/2021 bagera ku 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892.

Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye agiye kujya hanze.

Mu kwezi gushize k’Ukwakira 2021, ni bwo amanota y’abanyeshuri bakoze ikizamini cya leta gisoza amashuri abanza n’ayisumbuye ikiciro rusange yashyizwe ahagaragara.

Muri uyu mwaka wa 2021 ibi bizamini byombi icyo bihuriyeho ni uko abanyeshuri babikoze mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange hari icyorezo cya COVID19 kicyugarije isi ndetse cyanashegeshe urwego rw’uburezi kuko haciyeho umwaka wose wa 202o abanyeshurii ibatize kuko amashuri yafunzwe abanyeshuri bagasubira mu ngo.

Ibyo ariko Minisiteri y’Uburezi ivuga ko nta ngaruka nini byagize ku mitsindire y’abanyeshuri bo mu byiciro bibanza n’icya rusange kuko batsinze ku kigero gishimishije.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru