Wednesday . 22 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Amanota y’abakoze ibizamini by’amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Friday 12 November 2021
    Yasomwe na

Amanota agiye kujya hanze ni ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta mu mwaka w’amashuri wa 2020/2021 bagera ku 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892.

Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye agiye kujya hanze.

Mu kwezi gushize k’Ukwakira 2021, ni bwo amanota y’abanyeshuri bakoze ikizamini cya leta gisoza amashuri abanza n’ayisumbuye ikiciro rusange yashyizwe ahagaragara.

Muri uyu mwaka wa 2021 ibi bizamini byombi icyo bihuriyeho ni uko abanyeshuri babikoze mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange hari icyorezo cya COVID19 kicyugarije isi ndetse cyanashegeshe urwego rw’uburezi kuko haciyeho umwaka wose wa 202o abanyeshurii ibatize kuko amashuri yafunzwe abanyeshuri bagasubira mu ngo.

Ibyo ariko Minisiteri y’Uburezi ivuga ko nta ngaruka nini byagize ku mitsindire y’abanyeshuri bo mu byiciro bibanza n’icya rusange kuko batsinze ku kigero gishimishije.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru