Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona

Monday 14 January 2019
    Yasomwe na

Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.

Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya Neymar ariko mu rwego rwo kugira ngo agaruke yishyure umwenda ungana n’ama yero miliyoni 30 arimo iyi kipe ubwo yahagarikaga amasezerano niyi kipe mu mwaka wa 2017.

Bikaba biri no kuvugwa ko kurubu Neymar atishimiye habe na gato ikipe arimo ya PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa.

Mu gihe iyi myiteguro ya Neymar yo gusubira muri Barcelona ikirimo, iyi kipe nayo ikaba ishaka kugurisha byihuse phillipe coutinho kugira ngo bagabanye amafaranga yamwishyurwaga yongerwe kuya Neymar

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru