Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Donald Trump ashobora kongera kwiyamariza kuba Perezida wa USA

Friday 4 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Nimugire Fidelia

Uwahoze ari Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arateganya kongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu.

Trump ubwe yaciye amarenga ko mu 2024 yifuza kongera guhatanira kuyobora Amerika.

Yari mu Mujyi wa Iowa, aho yabwiye abamushyigikiye ati: “Ubu rero kugira ngo igihugu cyacu cyongere gitekane kandi gikomere, ahari nzongera mbikore.”

Yakomeje agira ati “Mwitegura, ni ibyo nababwira, vuba aha cyane, mwitegure.”

Umwe mu bajyanama be wanze ko amazina ye atangazwa, yahamirije Reuteurs ko Trump aziyamamaza mu 2024, nk’uko IGIHE dukesha iyi nkuru kibitangaza.

Ati “Ndatekereza ko ashaka kwiyamamaza kandi kubitangaza mbere ya Thanksgiving ( ku wa 24 Ugushyingo) bimuha amahirwe akomeye imbere y’abo bahanganye, kandi ibyo nawe arabizi."

Kugarika kwa Donald Trump ku butegetsi bishobora gukoma mu nkokora imwe mu mishinga mpuzamahanga yari yarongeye kugarurwa na Amerika nyuma yuko yayikuyeho ubwo yageraga ku butegetsi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru