Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Koreya y’Epfo yarashe urufaya rw’amasasu ku ndge y’uburusiya yariri kuneka

Tuesday 23 July 2019
    Yasomwe na

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo

Koreya y’epfo yarashe amasasu y’urufaya kundege y’igihugu cy’uburusiya yarimaze kuvogera ikirere cyabo ubugira kabiri.

Koreya y’Epfo yatanagje ko hakoreshejwe amasasu y’urufaya agera mu magana yaraswaga n’imbunda nini izwi ku zina rya machine gun mu cyongereza. Igigu cy’uburusiya gisa naho cyanekaga Koreye y’Epfo ariko gikoresheje indge y’ubushinwa gusa Uburusiya bwahakanye ibyatangajwe.

Nyuma y’ibyabaye, byanatumye igihugu cy’Ubuyapani nabwo nacyo kigira icyo kivuga ko nacyo cyabonye iyo ndge itembera mu birwa bigenzurwa na Koreya y’Epfo.

Ubuyapani kandi bwahise bwohereza ubutumwa bwiyama igihugu cy’Uburusiya gukomeza kohereza indege z’inetsi mu birwa cyangwa mu kirere cya Koreya Y’Epfo gusa na none ubuyapani butangaza ko kuba Koreya y’Epfo yarashe kuri iriya ndege atri ibintu byiza ndetse bitagomba kwihanganirwa.

Inkuru dukesha BBC

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru