Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa

Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)

Muri filime 1500 zandikishijwe, 83 ni zo zatoranyijwe mu zizahatanira ibihembo muri Mashariki African Film Festival 5
Muri filime 1500 zandikishijwe, 83 ni zo zatoranyijwe mu zizahatanira ibihembo muri Mashariki African Film Festival 5

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Iserukiramuco rya filime Nyafurika, Mashariki African Film Festival rigiye kuba ku nshuro ya 5 aho abakora filime bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bazaba bitabiriye iri serukiramuco rifite insanganyamatsiko igira iti “sinema mu kugaragaza ubumuntu” (Cinema to enlighten humanity).
Iyi nsanganyamatsiko yatekerejwe mu rwego rwo kwifatanya n’umuryango Nyarwanda kuzirikana ubumuntu ndetse no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. (…)

424 Shares 4 Comments
50 Cent yatwitse imyenda n'inkweto by'uruganda rwa Gucci nyuma yuko rugaragaje ivangura ruhu(VIDEO)
50 Cent yatwitse imyenda n’inkweto by’uruganda rwa Gucci nyuma yuko rugaragaje ivangura ruhu(VIDEO)

Yanditswe na: Pierre Romeo Imfurayabo
Umuhanzi w’icyamamare muri leta zunze ubumwe za Amerika Curtis James Jackson wamenyekanye cyane mu ruhando mpuza mahanga ku izina ry’ubuhanzi rya 50 CENT yatwitse imyenda ye yose n’inkweto biriho ikirango cya Gucci
Ibi bikaba bibaye nyuma yaho uru ruganda rukoresheje umwenda w’umukara uriho ikirango cya Gucci gusa mu rwamamaza uyu mwenda bakifashisha umuzungu, ibi bikaba byarahise bigaragariza abirabura benshi ko ibi Gucci yakoze ari ivangura ruhu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Shaddyboo yerekeje muri Kenya kwihizihiriza umunsi w'abakundana yasabwe kuzitwararika mu gukoresha ururimi rw'icyongereza
Shaddyboo yerekeje muri Kenya kwihizihiriza umunsi w’abakundana yasabwe kuzitwararika mu gukoresha ururimi rw’icyongereza

Mbabazi Chadia, Umunyamideli wamenyekanye hano mu Rwanda ndetse no mu bihugu by’abaturany I kubera gukoresha cyane imbuga nkoranya mbaga no kugaragaza udushya twinshi kuri ubu ari mu gihugu cya Kenya aho yagiye kwizihiz umunsi wabakundana saint valentin gusa byateye impungenge abatari bake mu bakunzi be.
Uyu munyamideli wagiye agaragaraho udushya twinshi haba mu itangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yari mu kiganiro kuri imwe muma televiziyo hano mu Rwanda ati” Sindagera ku (…)

424 Shares 4 Comments
Tanzania: Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze aho rukomeye
Tanzania: Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze aho rukomeye

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Wema Sepeteu wabaye Icyamamare muri Sinema ya Tanzaniya, akaba yaranigeze kuba umukunzi wa Diamond urubanza amazemo iminsi rugeze ahakomeye aho agomba gusomerwa ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ku cyaha cyo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.
Mu mwaka ushize tariki 15 UKwakira, nibwo hagaragaye amashuhso ku mbugankoranyambaga zikoresha na Wema Sepetu, amashusho yashyize hanze aeyamanye n’umukunzi we Patrict mu buriri.
Ifoto ya Wema Sepetu na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Miss Rwanda 2019 yongeye guhura na Mwiseneza Josiane mu rwego rwo gushimangira umubano bagiranye bakiri mu marushanwa
Miss Rwanda 2019 yongeye guhura na Mwiseneza Josiane mu rwego rwo gushimangira umubano bagiranye bakiri mu marushanwa

Mu irushanwa rya miss Rwanda riherutse kuvugwaho byinshi mu itangazamakuru ryagaragayemo udushya twinshi haba mu bakobwa baryitabiriye ndetse n’abarikurikiraniraga hafi aho bamwe batabura guhamya ko Mwiseneza Josiane na mugenzi we Nimwiza Meghan bubatse ubushuti bitewe nuko babanye
Ibi bishimangirwa nibyo Nimwiza yigeze gutangaza kuri Mwiseneza aho yahamije ko yamubereye inshuti nziza dore ko banabanaga mu cyumba kimwe kuko mu mwiherero yabanye n’abakobwa 2 barimo Niyonsaba Josiane na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igitramo Jules Sentore agiye gukora ahamya ko kizaba icy'amateka ku muziki we
Igitramo Jules Sentore agiye gukora ahamya ko kizaba icy’amateka ku muziki we

Jules Sentore umuhanzi ukora umuziki nyarwada muburyo bwa gakondo, kuri ubu yamaze gutangaza ko afite igitaramo gikomeye agomba gukorera abakunzi b’umuziki be muri uyu mwaka
Uyu muhanzi usanzwe ari icyamamare mu bakora injyana gakondo yabwiye Inyarwanda.com ko muri uyu mwaka wa 2019 afite ibikorwa byinshi, ku ikubitiro hakaza igikorwa cyo gushyira hanze indirimbo zinyuranye zabimburiwe n’iyo yakoranye n’umugandekazi Irene Ntale, indirimbo bise ’Guluma’ yanasohokanye namashusho yayo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona
Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona

Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.
Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.
Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya (…)

424 Shares 4 Comments
MISS RWANDA 2019: Abakobwa basangiye ifunguro rya mbere binjiye mu mwiherero
MISS RWANDA 2019: Abakobwa basangiye ifunguro rya mbere binjiye mu mwiherero

Abakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bageze i Nyamata aho bagiye kumara ibyumweru bibiri bakorera umwiherero w’iri rushanwa uzasozwa hamenyekana uwatsindiye ikamba. Bacyinjira mu mwiherero kuri iki cyumweru tariki 13 Mutarama 2019 baraye basangiye ifunguro rya mbere.
Bahagurutse i Kigali mu masaha yo ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru bagera kuri Golden Tulip Hotel bahita bahabwa ibyumba bazacumbikamo mu minsi bazahamara. Aba bakobwa bashyizwe mu byumba nta kindi kigendeweho, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru