Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Ibyo wamenya kuri Nyirabahire Languida, umukandida muba Depite uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali

Friday 10 August 2018
    Yasomwe na

Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza,ni umubyeyi w’abana batatu n’umugabo, afite icyiciro cya 2 cya kaminuza muri (Project management), n’icyiciro cya 3 cya kaminuza muri (Planning)yakuye mu gihugu cya Cameroon, ahitwa Doual.

Sibyo gusa kandi Nyirabahire yakoze muri Caritas Rwanda, Care Intern ndetse anakora muri Handicap International muri ibi bigo byose yakozemo yari ashinzwe kwandika imishinga iciriritse iteza imbere abatishoboye muri ibyo bigo (Strategic Plan).

Kugeza ubu Madame, Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza, aho akomeje guteza imbere abagore n’abatishoboye.

Kuri ubu Nyirabahire yemejwe bidasubirwaho nk’umukandida Depite, uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali, akaba ari muri cya cyiciro cyihariye cy’abagore, bazatangira kwiyamamaza kuri 20 kanama 2018.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru