Tuesday . 21 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Ibyo wamenya kuri Nyirabahire Languida, umukandida muba Depite uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali

Friday 10 August 2018
    Yasomwe na

Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza,ni umubyeyi w’abana batatu n’umugabo, afite icyiciro cya 2 cya kaminuza muri (Project management), n’icyiciro cya 3 cya kaminuza muri (Planning)yakuye mu gihugu cya Cameroon, ahitwa Doual.

Sibyo gusa kandi Nyirabahire yakoze muri Caritas Rwanda, Care Intern ndetse anakora muri Handicap International muri ibi bigo byose yakozemo yari ashinzwe kwandika imishinga iciriritse iteza imbere abatishoboye muri ibyo bigo (Strategic Plan).

Kugeza ubu Madame, Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza, aho akomeje guteza imbere abagore n’abatishoboye.

Kuri ubu Nyirabahire yemejwe bidasubirwaho nk’umukandida Depite, uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali, akaba ari muri cya cyiciro cyihariye cy’abagore, bazatangira kwiyamamaza kuri 20 kanama 2018.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru