Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Kenya: Hagiye gutangwa ubutabera ku kirego cya Odinga

Monday 29 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Inteko yo ku rwego rwo hejuru y’abacamanza batanu b’abanyamahanga bageze muri Kenya.

Ni mu rwego rwo gukurikirana imikemukire y’urubanza ku kirego cy’umukandida Perezida Raila Odinga cyamagana ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 09 Kanama 2022 mu rukiko rw’ikirenga.

Ni abagize ihuriro ry’abacamanza b’Abanyafurika (AJJF).

Mu itangazo ryasohotse rivuga ko baraye bageze muri Kenya, kuri uyu wa 28Kanama 2022.

Rikomeza rigira riti: “Abahanga mu mategeko bazitabira iburanisha ryose ry’urukiko rw’ikirenga, bakurikirane ikirego ku matora ya Perezida hashingiwe ku mahamwe mpuzamahanga y’uburenganzira bwa muntu mu rubanza ruboneye.”

Ihuriro ry’abacamanaza b’Abanyafurika (AJJF), biyemeje guteza imbere ubutabera n’iterambere muri Afurika.

Icyicaro cyabo kiba muri Afurika y’Epfo; ni ihuriro ritanga ubumenyi ku bijyanye n’amategeko ya guverinoma, imiryango itari iya Leta (NGOs) batera inkuga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru