Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Kizito Mihigo yakoze indirimbo ikangurira abanyarwanda kugira ubutwari

Thursday 31 January 2019
    Yasomwe na

Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 1 gashyantare mu gihe Abanyarwanda bari mu myiteguro yo kwizihiza umunsi w’Intwari, umuhanzi nyarwanda Kizito Mihigo yongeye gukora mu nganzo akora indirimbo nziza yise “Uzabe Intawari” ikaba yarakunzwe n’imbaga nyamwinshi y’abanyarwanda.

Nkuko tubikesh ikinyamakuru celebz magazine , Kizito Mihigo yavuze ko iyo ndirimbo ari umusanzu we w’umuhanzi muri ibi bihe twibukamo Intwari z’igihugu.

Yagize ati: “Umuhanzi nawe ni umunyagihugu nk’abandi, agomba kugendana n’igihugu agafatanya n’abandi kucyubaka mu buryo bwose bushoboka, akoresheje impano ye.”

Iyi foto nimwe muzigaragara muri iyi ndirimbo
Iyi ni indirimbo ya gatatu Kizito Mihigo ashyize hanze mu mezi ane amaze afunguwe, ikaba ije ikurikira indirimbo ebyiri z’iyobokamana arizo: Aho kuguhomba yaguhombya, na Tereza w’Umwana Yezu.

Indirimbo yakozwe mu buryo bw’amajwi(Audio) Na Producer Pastor P ikanashyirwa mu buryo bw’amashusho na MaRiva Films

Kurikira iyi link urebe indirimbo uzabe intwari
https://youtu.be/zAvHqqXra64

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru