Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Kuri uyu wa Gatatu biramenyekana niba Rusesabagina yarikuye mu rubanza cyangwa yarisubiyeho

Tuesday 23 March 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu iburanisha mu mizi riheruka, Paul Rusesabagina yagize gutya abwira urukiko ko abona uburenganzira bwe butari kubahirizwa uko bikwiye umuburanyi yerura ko ku bw’ibyo atazongera kwitabira urubanza rwe.

Ni ibintu urukiko rwafashe nk’ikifuzo cy’uburana cyane ko amategeko abimwemerera ariko bidakuraho ko urukiko cyangwa urubanza ruhagarara.

Rusesabagina ashobora guhitamo kutongera kugaruka imbere y’urukiko ariko akaba yaha uburenganzira abamwunganira, bakajya bitaba urukiko bakamuburanira kuzageza igihe iburanisha rirangiriye.

Ashobora no gutungurana akagaruka, akavuga ko abamwunganira bamugiriye inama akabona ikiza cyo kwitabira urubanza wenda yabishaka ntagire icyo avuga, ijambo akariharira abamwunganira mu mategeko.

Ingingo ya 106, iteganya ko kwihana umucamanza bikorwa mu nyandiko igihe cyose urubanza rutaracibwa.

Uwihannye Umucamanza mu iburanisha agomba kwandikira Perezida w’Urukiko inyandiko isobanura impamvu z’ubwihane mu gihe kitarenze umunsi umwe ukurikira uwo iburanisha ryabereyemo ubwihane.

Iyo icyo gihe kirenze ataratanga iyo nyandiko, bifatwa nk’aho nta bwihane bwabaye, urubanza rugasubukurwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru