Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 24 June » Musanze: JADF yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye gatatu muri uyu mwaka – read more
  • 23 June » Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y’Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza – read more
  • 15 June » Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w’Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima – read more
  • 15 June » Ibisasu by’Uburusiya byishe abantu 9 ndetse bitwika Katedarali y’amateka iri i Kyiv – read more
  • 15 June » RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa – read more

MISS RWANDA 2019: Abakobwa basangiye ifunguro rya mbere binjiye mu mwiherero

Monday 14 January 2019
    Yasomwe na

Abakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bageze i Nyamata aho bagiye kumara ibyumweru bibiri bakorera umwiherero w’iri rushanwa uzasozwa hamenyekana uwatsindiye ikamba. Bacyinjira mu mwiherero kuri iki cyumweru tariki 13 Mutarama 2019 baraye basangiye ifunguro rya mbere.

Bahagurutse i Kigali mu masaha yo ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru bagera kuri Golden Tulip Hotel bahita bahabwa ibyumba bazacumbikamo mu minsi bazahamara. Aba bakobwa bashyizwe mu byumba nta kindi kigendeweho, bazajya bararana ari babiri babiri n’ubwo hari abazagenda basezererwa hakaba hagira abasigara bonyine.

Mu mwiherero ugiye kubera i Nyamata nk’uko bisanzwe, aba bakobwa bazamarayo icyumweru ariko mu cya cyumweru kabiri hazajya hataha umukobwa umwe umunsi ku munsi nk’uko byatangajwe mu mpinduka nshya zinjijwe muri iri rushanwa.

Mu muhanda abakobwa berekeza i Nyamata mu mwiherero

Berekeje mu byumba byabo

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru