Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu kunamira Intwari z’u Rwanda

Thursday 1 February 2024
    Yasomwe na

Umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kunamira no guha icyubahiro Intwari z’u Rwanda zirimo n’izabohoye igihugu.

Ni umuhango usanzwe Uba ku munsi mukuru w’Intwari z’u Rwanda, buri taliki Mbere Gashyantare.

Umushyitsi mukuru asanzwe ari Umukuru w’Igihugu ariko kuri iyi nshuro Perezida Kagame akaba yitabiriye Inama ikomeye ya Rwanda Day, ihuza Perezida n’abanyarwanda baba muri Diyasipora, kuri ubu yabereye i Washington muri Leta zunze Ubumwe za America.

Umuhango wo kunamira Intwari z’u Rwanda ku rwego rw’igihugu wabereye ku Gicumbi cy’Intwari i Remera, witabiriwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye, uhagarariye ba Ambasaderi mu Rwanda Amb. Guy Nestor Itoua usanzwe uhagarariye Repubulika ya Congo Brazzaville mu Rwanda n’abandi.

Uhagarariye ba Ambasaderi mu Rwanda Amb. Guy Nestor Itoua

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru