Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 4 March » Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye – read more
  • 4 March » Nyagatare: Barasaba ko igishanga cy’umuceri gitunganywa – read more
  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more

Misiri: Urukiko rurimo gusaba gushyira ahabona (Live) igihano cy’urupfu rwakatiye umusore wishe umukobwa wanze ko basambana

Monday 25 July 2022
    Yasomwe na

Urukiko rwo mu Misiri rwatangiye gusaba ko rushyira ku karubanda, kuri televisiyo, igihano cy’urupfu cyakatiwe umusore w’imyaka 22 witwa Muhammed Adel nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umunyeshuri w’umukobwa witwa Naela Ashraf.

Mu kwezi gushize, ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hagaragaye amashusho y’umusore twavuze haruguru akubita bikomeye uriya mukobwa w’umunyeshuri bivugwa ko bigaga hamwe akarinda amunoza akamwica, mu rukiko biza gusobanurwa ko ari uki yari yamwangiye ko bakora imibonano mpuzabitsina.

Urubanza rwarabaye akatirwa igihano cy’urupfu none urukiko rurimo gusaba ko ubwo mu rubanza hari ibice bimwe byagiye boba mu ruhame no gushyira mu bikorwa igihano yakatiwe bikwiye gushyirwa mu ruhame bityo bibe akabarorore, bitere ubwoba abandi batekereza ubugome nkubwo.

Ubusanzwe mu Misiri ntabwo bashyira mu ruhame igihano cyo kwica uwakatiwe urupfu bibera muri za Gereza zabugenewe.

Muri iki gihugu kandi ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango w’Abibumbye UN, mu 2015 bwerekanye ko abanyamisirikazi banana na Miliyoni 8 bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru