Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 4 March » Nyagatare: Barasaba ko igishanga cy’umuceri gitunganywa – read more
  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more

Mu munota umwe umuntu agiye kujya yipima amenye niba arwaye COVID-19

Tuesday 13 July 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu kurushaho guhangana n’icyorezo cya COVID-19, Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima mu minsi mike kigiye gutangiza uburyo bushya buzatuma umuntu wese abasha kwipima akamenya niba atanduye COVID19 mu munota umwe gusa.

Iyi ishobora kuba inkuru nziza mu matwi y’abaturarwanda batari bake, cyane abamaze iminsi bagaragariza Leta ko igiciro cyo kwipimisha igipimo kihuse Rapid Test cya Coronavirusi nacyo hari benshi kigora kubona, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10 000Frw) hakiyongeraho n’iminota igera kuri 15 utegereza ko ubona ubutumwa bw’igisubizo cyawe.

Byatangtajwe kuri uyu wa Kabiri n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima RBC, Dr. Nsanzimana Sabin, aaba ari buze no kubisobanurira abaturarwanda birambuye ku muogoroba w’uyu munsi.

Dr. Nsanzimana yavuze ko igipimo cya SARS COV-2 kiri kwihutisha uburyo bwo gupima virusi ya corona kugeza ku munota umwe, hakoreshejwe uburyo bwa Q-RT PCR , yongeraho ko bizanagabanya igiciro byasabaga kandi bikaba uburyo buzaboneka kuri buri wese.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru