Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Muhanga-Gakenke: Ikiraro cyari kuzaramba imyaka 15 gisenyutse ku munsi wa munani

Wednesday 20 April 2022
    Yasomwe na

Mamaurwagasabo

Ikiraro gihuza akarere ka Muhanga na Gakenke cyongeye gutwarwa n’amazi nyuma y’iminsi 8 gisanwe byitezwe ko cyari kuzaramba nibura kugeza ku myaka 15 iri imbere.

Ni insanganya yongeye kuba itewe n’imvura yaguye mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Maya 2022.

Iki kiraro cyari kimaze amezi atatu gisanwa nyuma yuko gisenyutse nabwo ku mpamvu itaramenyekanye neza, kirasanwa gitahwa ku mugaragaro tariki ya 11 Mata 2022 gitwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 185.

Kimaze gusanwa cyari gifite ubushobozi bwo kwikorera Toni 15 z’ibiremereye.

Radio y’Igihugu yavuze ko ishami ry’ingabo rishinzwe umutekano wo mu mazi ryamaze kugera kuri icyo kiraro kugira ngo bafashe abaturage mu gukomeza ubuhahirane hagati y’uburere twombi.

Ni nako kandi itsinda ry’abatekenisiye n’abakozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi no kwita mu mihanda RTDA, nabo bageze aho mu gufatanya kongera gusana icyo kiraro.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru