Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Musanze: Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako ya gare

Monday 20 November 2023
    Yasomwe na


Inkongi y’umuriro yibasiwe igice kimwe cya gare ya Musanze, bigakekwa ko yatewe na gaz itekeshwa muri resitora.

Iyi nkongi yabaye kuri uyu wa mbere ahagana saa 8h00’ za mu gitondo, aho igorofa ryo muri gare ya Musanze ryibasiwe n’inkongi mu gihe hagitegerejwe kumenya icyayiteye.

Iyi nyubako yahiye niyo ikoreramo ama-office y’Ubuyobozi bwa Gare ya Musanze nandi makompanyi atandukanye, kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru ishami rya police y’u Rwanda rishinzwe gukumira inkongi y’umuriro ryari rimaze kuhagera.

Dukomeje gukurikirana iyi nkuru kugira inzego zibishinzwe zigire icyo zitangaza ku cyateye iyi nkongi, ubwo baraza no kugaragaza agaciro kibyahiriye muri iri gorofa.

Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru