Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Umuryango Save Generations werekanye uko COVID-19 ishobora gutuma hari abakobwa badasubira ku ishuri
Umuryango Save Generations werekanye uko COVID-19 ishobora gutuma hari abakobwa badasubira ku ishuri

Umuryango utari uwa leta Save Generations Organisation, uharanira iterambere ry’umwana, urubyiruko n’umugore, werekanye ibintu bitandukanye urubyiruko by’umwihariko rw’abakobwa banyuzemo kuva abanyeshuri bose basubira mu ngo hagamijwe kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirusi (COVID-19), bikaba byaratumye hari abatewe inda z’imburagihe n’abagiye mu yindi mirimo bishobora gutuma batazasubira ku ishuri nyuma y’amezi asaga arindwi bari iwabo.
byatangajwe mu nama y’ubuvugizi yabereye mu (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Hari abagore bakoraga ubucuruzi buciriritse batakibasha gutunga imiryango
Kicukiro: Hari abagore bakoraga ubucuruzi buciriritse batakibasha gutunga imiryango

Bamwe mu babyeyi bakoraga ubucuruzi buciriritse biganjemo abacuruzaga imboga n’imbuto ku agataro batangaza ko nyuma y’aho icyorezo cya Coronavirusi kigereye mu Rwanda hagafatwa ingamba zitandukanye zo kugabanya ingendo na Guma mu Rugo ubuzima bwabo bwasubiye inyuma ku buryo benshi batakibasha gutunga imiryango yabo no kwitabira zimwe muri gahunda za Leta.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru MamaUrwagasabo bo mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza batangaje ko nubwo ubucuruzi abenshi bakoraga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kaminuza ya Mount Kenya Rwanda ibujije abanyeshuri gukora ibizami barishyuye
Kaminuza ya Mount Kenya Rwanda ibujije abanyeshuri gukora ibizami barishyuye

Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Mount Kenya ishami ry’u Rwanda batunguwe nuko kaminuza ibabujije gukora ikizamini gisoza igihembwe cy’ukwezi wa Mutarama-Mata 2019/2020 batakoze kubera COVID-19 ku mpamvu bavuga ko batazi kandi barishyuye amafaranga yo kubikora.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyageze kuri iyi kaminuza mu masaha y’igitondo ubwo aba banyeshuri basohorwaga hanze ya kaminuza kuri uyu wa gatatu tariki ya 14 Ukwakira 2020, gisanga bamwe bahagaze bumiwe bibaza ibibaye abandi bataha (…)

424 Shares 4 Comments
MINEDUC yatangaje uko amashuri abanza n'ayisumbuye agiye gusubukura amasomo
MINEDUC yatangaje uko amashuri abanza n’ayisumbuye agiye gusubukura amasomo

Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza ku biga mu mwaka wa 5 n’uwa 6 , ayisumbuye n’ay’imyuga mu mwaka w’amashuri 2020-2021 nyuma y’amezi agera kuri arindwi afunzwe kubera kwirinda gukwirakwiza icyorezi cya COVID-19.
Iyi ngengabihe yashyizwe ahagaragara none tariki ya 13 Ukwakira 2020 ikaba inagaragaza gahunda y’amashuri y’inderabarezi azwi nka TTC.
Ku ikubitiro tariki ya 2 Ugushyingo 2021 hazatangira abanyeshuri biga mu mashuri abanza bo mu mwaka wa 5 no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gereza ya Rwamagana iza imbere ku bucucike mu magereza y'u Rwanda
Gereza ya Rwamagana iza imbere ku bucucike mu magereza y’u Rwanda

Komisiyo y’imibereho y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu muri sena yagaragaje ko Gereza ya Rwamagana iri imbere kugira ubucukike bw’imfungwa n’abagororwa buri ku kigero cya 256% muri agereza z’u Rwanda uko ari 14.
Muri raporo iyi komisiyo yagejeje kuu nteko rusage ya sena ku kibazo cy’ubucukike muri za gereza, igaragaza ko icyo kibazo cyagaragajwe na komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu bikorwa by’umwaka wa 2018/2019 kandi icyo kibazo gihora kigaruka buri mwaka.
Perezida wa komisiyo (…)

424 Shares 4 Comments
Abana bafite ubumuga bwo mu mutwe barirengagijwe ku masomo yo kuri radiyo
Abana bafite ubumuga bwo mu mutwe barirengagijwe ku masomo yo kuri radiyo

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’imiryango yigenga yiyemeje gufasha abana bafite ubumuga bwo mu mutwe batangaza ko birengagijwe muri gahunda yo gukurikirana amasomo anyuzwa kuri radiyo na televiziyo n’imbuga nkoranyambaga mu gihe amasomo yasubitswe kubera icyorezo cya COVID-19.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyaganiriye na Ntibanyendera Elisam Salim uyobora impuzamiryango TUBAKUNDE, yita ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe, atangaza ko gahunda yo gukurikirana amasomo kuri radiyo na televiziyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Hari imbogamizi bamwe mu bajyanama b'ubuzima bahuye nazo muri COVID-19
Kicukiro: Hari imbogamizi bamwe mu bajyanama b’ubuzima bahuye nazo muri COVID-19

Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Gatenga by’umwihariko mu kagari ka Nyanza mu midugudu ya Juru n’Isonga, batangaje ko hari imbogamizi bagiye bahura nazo bigatuma bakora mu buryo budasanzwe, nk’ibihe igihugu kirimo byo guhangana n’icyorrezo cya COVID-19.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyaganiriye n’Umutoni Leatitia, umujyanama w’ubuzima wo mu mudugudu w’Isonga, mu kagari ka Nyanza, mu umurenge wa Gatenga, avuga ko mu ntangiriro z’umwaka ubwo igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Unsebereje isuka twashwana!-umubyeyi watangiye ahingira abandi ubu aba mu nzu ye
Kigali: Unsebereje isuka twashwana!-umubyeyi watangiye ahingira abandi ubu aba mu nzu ye

Ni benshi bashobora kubona umuntu ahinga mu murima uri mu mujyi wa Kigali inyuma y’ibipangu by’abakire bakemera ko uwo muntu umuhaye akazi runaka atagafata bitewe n’icyo akura mu isuka ye.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo.rw cyasuye mu umubyeyi witwa Yankurije Vestine, aho yateraga ibigori bya Iburide (Hybrid) mu mirima iherereye mu bibanza byo mu murenge wa Kagarama mu kagari ka Kibatsi umudugudu wa Kibatsi ho mu karere ka Kicukiro, aho akorera akazi ka buri munsi k’ubuhinzi mu gihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
HVP Gatagara Gikondo igiye kwita ku bibazo biri mu burezi bw'abana bafite ubumuga bwo mu mutwe
HVP Gatagara Gikondo igiye kwita ku bibazo biri mu burezi bw’abana bafite ubumuga bwo mu mutwe

Ikigo cya HVP/Gatagara Gikondo gisanzwe kita ku burezi bw’abana bafite ibibazo byo mu mutwe cyatangaje ko gifite umushinga ugiye kwita ku bibazo by’abana bafite ubumuga bwo mu mutwe biri mu ngeri zitandukanye birenze uko basanzwe babikora imbere mu kigo bakagera iwabo mu ngo ziri mu karere ka Kicukiro bakarushaho kugera ku burezi bukwiriye.
Ni watangijwe mu kwezi kwa Gashyantare 2020, ku nkunga y’Ubumwe bw’Uburayi n’umuryango CBM, ukaba uzibanda ku bibazo abana bafite ubumuga bahura nabyo (…)

424 Shares 4 Comments
Abapolisi 176 b'u Rwanda boherejwe mu butumwa bw'amahoro muri Sudani y'Epfo
Abapolisi 176 b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Abapolisi b’u Rwanda 176 bari mu itsinda riyobowe na C.S.P Carlos Kabayiza, bahagurutse ku kibuga cy’indege i Kanombemu gitondo cyo kuri uyu wa 09 Ukwakira 2020 berekeje muri Sudani y’Epfo mu butumwa bw’amahoro aho bagiye gusimbura bagenzi babo bamazeyo amezi 18.
Mu rwego rwo gukomeza kwirinda icyorezo cya COVID-19 abo bapolisi bamaze mu kato kazwi nka karantene, k’iminsi 14 mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi giherereye mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari (PTS-Gishari) bapimwa ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru