Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Nyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 30 Mata 2020 igamije kwiga ku cyorezo cya Covid-19 n’ingamba zo gukomeza kukirwanya, ifashe umwanzuro ko amashuri azakomeza gufunga kugeza muri Nzeri, byatumye ibyinshi mu bigo by’amashuri yigenga bifata umwanzuro wo guhagarika amasezerano byari bifitanye n’abarimu babikoreraga.
Ku mashuri ya Leta ho Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abarimu bazakomeza guhembwa nk’abandi bakozi ba leta basanzwe, mu gihe abo mu mashuri yigenga bahise bahagarikirwa (…)
Kuba icyorezo cya Covid-19 cyaragize ingaruka ku myigire y’abanyeshuri, hari ababyeyi bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko inda zikunze kuboneka muri aka karere zishobora kuziyongera, kuko batabona uko baba hafi y’abana babo, bakavuga ko n’ubukene bwo muri ibi bihe isi yugarijwe n’iki cyorezo ,nabwo bwatuma ababasambanya babona uko babashuka.
Umubyeyi witwa Mariya utuye mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Kabare, avuga ko biherutse kumubaho umukobwa we wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri (…)
Imirimo irimo kurera abana, kuvoma amazi, koza ibyombo ,kumesa, gushaka inkwi, guteka, guhinga, gukubura, gukoropa n’indi mirimo itandukanye yo mu rugo ivunanye ni yo benshi bavuga ko yitiriwe abagore, ubu irimo gukoreshwa abana biganjemo abakobwa.
Ni imirimo usanga abafite ubushobozi bashaka abakozi bo mu rugo ngo bayibafashe, ugasanga mu rugo hari umukozi umwe cyangwa babiri kugirango bayikore muri ikigihe yahariwe abana bakobwa.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw yagiye mu Karere ka (…)
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umubyeyi w’imyaka 70 yabaye umuntu wa 20 wishwe na COVID-19 mu Rwanda, mu gihe abandi bantu 30 basanzwemo ubu burwayi mu bipimo 3253 byafashwe mu masaha 24 ashize. Imibare yatangajwe kuri uyu wa Kabiri yatumye umubare w’abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda uba 4439, mu gihe abakize biyongereyeho 36, baba 2307. Bivuze ko abakirwaye ari abantu 2112.
Kugeza kuri uyu wa 8 Nzeri hamaze gufatwa ibipimo 447603.
Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gushishikariza (…)
Ubwo umurwayi wa mbere wa Covide 19 yagaragara mu Rwanda hashyinzweho ingamba zo kwirinda icyo cyorezo, m’uburyo butandukanye bigera naho haza ibyemezo by’inama y’abaminisitiri ishyiraho Guma murugo.Ibyo byatumye abashakanye babana amasha yose y’umunsi kuko imirimo yose yahagaze.
Hari abatuye mu bice bitandukanye by’akarere ka Nyagatare, baganiriye n’ikinyamakuru Mama u Rwagasabo bavuga ko n’ubwo mu rwego rw’imibereho hari ibyagiye bihinduka, ariko ntawe ukwiriye kwitwaza ko yahohotera (…)
Abagore bakoraga ubucuruzi buciriritse mu murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare baganiriye n’ikinyamakuru Mama u Rwagasabo, bavuga ko icyorezo cya Covid-19 cyahungabanyije ingano y’ibyo bacuruzaga abandi bakabireka burundu, barasaba inzego bireba kubafasha bakongera gusubira mu bucuruzi.
Umwe mubo twaganiriye Mukakarangwa Esther utuye mu murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare,acuruza inyanya,ibitunguru, avoka n’amavuta yo kurya.Avuga ko kuva Covid-19 yatangira ubucuruzi bwe (…)
Umugabo witwa Ngarukiye Samuel wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kwica umwana w’umugore we amutemesheje umuhoro amuziza ko atamubyaye.
Ubwo bwicanyi bwabaye kuri uyu wa Gatatu mu Mudugudu wa Mubano mu Kagari ka Rwotso aho Ngarukiye w’imyaka 39 yabanaga n’umugore we Mukangamije Gerardine.
Amakuru y’ibanze ava muri uwo murenge avuga ko Ngarukiye yahoraga atoteza umugore we amuziza ko umwana yabyaye (…)
Umugore w’umwimukira bapimye bagasangana coronavirus yabyariye muri kajugujugu yari imujyanye kwa muganga imuvanye mu kigo cyuzuyemo abimukira ku kirwa cya Lampedusa mu Butaliyani nk’uko tubicyesha BBC.
Ubutaliyani buvuga ko umubare w’abimukira wiyongereye cyane muri uyu mwaka.
Ubwato bw’ubutabazi ejo ku wa kabiri bwahawe uruhushya rwo kugeza ku kirwa cya Sicily abimukira 353 bwarokoye mu nyanja nyuma y’ubusabe bw’Umuryango w’abibumbye.
Hagati aho, ubundi bwato butoya burimo abimukira (…)
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘RIB’ rumaze gutangariza abanyarwanda n’amahanga ko binyuze mu bufatanye n’amahanga, Paul Rusesabagina yafashwe.
Rusesabagina arakekwa kurema no kuyobora umutwe n’ihuriro ry’imitwe y’iterabwoba yitwara gisirikare igizwe nabahezanguni, irimo MRCD na PDR-Ihumure, ikorera mu bice bitandukanye mu karere no mu mahanga.
Hari hashize igihe Rusesabagina ashyiriweho impapuro mpuzamahanga zisaba ko afatwa agashyikirizwa ubutabera kugirango abazwe ku byaha (…)
Nkuko tubikesha Igihe abantu bataramenyekana mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza bapfumuye inzu y’umuturage bibamo umwana w’imyaka itatu. Byabaye mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Nzeri rishyira tariki ya 2 mu Mudugudu wa Cyinzovu, Akagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo.
Amakuru avuga ko uyu mwana w’imyaka itatu watwaye n’abantu bataramenyekana, ngo yabanaga na sogokuru we nyuma yaho nyina umubyara ashakiye undi mugabo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















