Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ni kenshi wahura n’umuntu ukabona ari mu kazi runaka ubona gateye impungenge ukamwibazaho cyane ariko ni gake ushobora gutekereza kumwegera ngo umenye uko abayeho muri ako kazi ubona katoroshye kubonamo icyamutunga, ariko nta kindi bisaba usibye kwemerera ayo marangamutima ugize akagufasha gutega amatwi no gukoresha impano y’ubwitange iba muri wowe.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo.rw cyagerageje kuganiriza umubyeyi utunzwe n’akazi avuga ko nubwo ataburara ariko katatuma abasha guhindura (…)
BY Scovia Mutesi
Koperative y’abagore yitwa ABAHUJUMURIMO igizwe n’abagore basaga ijana bo ku kirwa cya Nkombo basanzwe bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka aho bajyanaga Avoka(imbuto) mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kuri ubu baravuga ko ubu bucuruzi bwakomwe mu nkokora n’ifungwa ry’imipaka ihuza ibi bihugu byombi ku buryo bamaze guhomba asaga miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda. Umwe yagize ati”twaciye avoka zari zuzuye amato atanu tuyashoye muri congo (…)
By Scovia Mutesi Abagore batuye mu bice bitandukanye by’u Rwanda bagenda batera imbere ugereranyije nuko bari bameze mu myaka 20 ishize haba mu nzego z’ubucuruzi,iz’imirimo ya Leta ndetse usanga hari abo bigaragara ko biteje imbere ku buryo babera bagenzi babo urugero . Uyu mubyeyi n’umwe mucuruza isambaza ariko kuba batacyambuka umupaka igishoro kigiye kubashirana Nubwo bimeze bityo ariko abatuye ku kirwa cya Gihaya bo bavuga ko iterambere abandi bagore bagezeho bo uretse kuryumva mu (…)
Ibitaro bya Kibagabaga byungutse ivuriro ry’amaso riri ku rwego ruhanitse, rifite n’ibikoresho n’abaganga badasanzwe, aho umurwayo ashobora no kubagwa hifashishijwe ikoranabuhanga rigezweho.
Iri vuriro ryubatswe u bitaro imbere ku bufatanye n’Umuryango Nyarwanda mpuzamahanga wita ku buvuzi bw’amamso RIIO; ryatashywe ku mugaragaro tariki ya 8 Ukwakira 2020 ku munsi wahuriranye no kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona usanzwe uba mu cyuweru cya kabiri cy’ukwezi kwa cumi buri mwaka.
Ubwo (…)
Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere RGB rwatangaje komite y’abantu batanu bayobowe na Pastor Ndayizeye Isaii nk’umuyobozi wa komite y’inzibacyuho akaba anahagarariye umuryango wa ADPER mu rwego rw’amategeko.
Ni nyuma y’uko uru rwego rwafashe ikemezo cyo gukuraho inzego zose z’ubuyobozi z’umuryango ushingiye ku myemerere wa ADEPR rukanakura mu nshingano abari abayobozi mu nzego nkuru kubera ko batabashije kubahiriza inshingano ziteganywa n’amategeko.
Mu itangazo RGB yashyize ahagaragara none (…)
Ni bake bashobora gusanga igiciro k’imbuto cyangwa imboga cyazamutse bakifuza kumenya icyabiteye aho kwiyumvisha ko umucuruzi asigaye ahenda ndetse batazanagaruka kumuguraho.
Bamwe mu bagore bacururiza mu masoko yo muri karitsiye hirya no hino mu mujyi iwa Kigali batangaza ko urugendo bakora bajya gushaka cyane cyane imbuto bacuruza muri ibi bihe bya COVID-19 rusigaye rubahombya, bagakora ubwo bucuruzi by’amaburakindi kuko imbaraga n’igishoro babishyiramo birangira ari ukwita abacuruzi no (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko, Umutesi Christine, yahize abandi ku rwego rw’igihugu, ku munsi mpuzamahanga wa mwalimu wabaye tariki ya 5 Ukwakira 2020.
Uyu mukobwa akomoka mu karere ka Nyaruguru, yigisha ku rwunge rw’amashuri rwa Nyarugenge ruherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango aho amaze imyaka 3 yigisha amasomo y’ubumenyi, azwi nka siyansi mu mwaka wa kane.
Ubwo yashyikirizwaga igihembo cy’umwalimu w’Indashyikirwa mu barimu bigisha mu mashuri abanza, (…)
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko mu bagize Umutwe wa FLN batawe muri yombi, hari abarwanyi 16 bari mu maboko y’ubutabera bw’u Rwanda ndetse ko n’abari abavugizi babiri bawo, aho bwifuza ko bose hamwe na Rusesabagina Paul bazaburanishirizwa hamwe.
Paul Rusesabagina aregwa ibyaha bitandukanye birimo iterabwoba, gutera inkunga imitwe y’iterabwoba, gushyira abana mu mitwe yitwara gisirikare, gushimuta, gutwika no kurema imitwe y’iterabwoba. Ni ibyaha bijyanye n’umwanya w’ubuyobozi (…)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ibipimo byafashwe hapimwa abo mu nsengero n’abakoreraga siporo mu Mujyi wa Kigali ku Cyumweru gishize, ari nta n’umwe wasanganywe ubwandu bwa Coronavirus. Iki gikorwa cyo gupima abayoboke b’amadini atandukanye n’abakorera siporo mu Mujyi wa Kigali, cyakozwe mu rwego rwo gukomeza kugenzura uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu Mujyi wa Kigali.
Hafashwe nibura ibipimo 400 mu nsengero nka Kiliziya St Michel, EAR Remera na Evangelical (…)
Abagore n’abakobwa bakoraga mu tubari mu karere ka Nyagatare baganiriye n’ikinyamakuru Mama u Rwagasabo, bavuga ko icyorezo cya Covid-19 cyahungabanyije imibereho yabo, bagasaba akarere ko kabatabara kakabaha inkunga kuko ubuzima bubakomereye.
Umwe mubo twaganiriye twahaye izina Leya, ni umbyeyi w’abana babiri, atuye mu murenge wa Nyagatare, aragereranya uzima we n’umuryango we bari babayemo, Hoteli yakoragamo itarahagarika imirimo kubera icyorezo cya Covid-19.
Yagize ati“ Mfite abana (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















