Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Tanzania: Abangavu 5913 batwaye inda zitateganijwe mu mezi atatu gusa
Tanzania: Abangavu 5913 batwaye inda zitateganijwe mu mezi atatu gusa

Mu gihe cy’amezi atatu gusa abakobwa basanga ibihumbi bitanu batwaye inda zitateganijwe benshi muri bo bitatesha ishuri abandi birabadindiza

424 Shares 4 Comments
Ibintu 10 utazi kuri Commonwealth ije i Kigali
Ibintu 10 utazi kuri Commonwealth ije i Kigali

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza ‘Commonwealth’ bihereranye bemeza u Rwanda nk’igihugu kizakira inama itaha y’uyu muryango.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye
Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

Nyuma y’igihe gito Pascal Nyamurinda atorewe kuba Meya w’Umujyi wa Kigali, yanditse ibaruwa agaragaza ko yeguye ku murimo ye kubera impamvu ze bwite, ibintu njyanama igiye kwigaho ikabisesengura ikamenya ikizakurikiraho. Kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Mata 2018, nibwo Pascal Nyamurinda yandikiye Njyanama y’Umujyi wa Kigali avuga ko yeguye ku mirimo yo kuyobora uyu murwa mukuru w’u Rwanda kubera impamvu ze bwite.

424 Shares 4 Comments
Minisitiri Musoni James Yakuwe Muri Guverinoma
Minisitiri Musoni James Yakuwe Muri Guverinoma

U Rwanda nirwo rwatoranyijwe kuzakira inama ya CHOGM ihata muri 2020
Babyemeje ubwo basozaga iyi nama kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Mata 2018, nyuma y’iminsi itanu yari imaze ibera mu nzu w’Umwamikazi Elizabeth, i Londres mu Bwongereza.
Uzaba ari umwanya mwiza ku Rwanda wo gushimangira ubunararibonye mu kwakira inama zikomeye ku isi, nyuma y’imyaka igera ku 10 ruri ku isonga mu kunoza no mu migendekere myiza y’inama rwagiye rutegura.
Harabura imyaka ibiri ngo iyi nama iteranire i (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru