Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Umushinjachaya Mukuru, Aimable Havugiyaremye, yatangaje ko u Rwanda atari rwo ruri kuburanisha urubanza rw’Umunyarwanda Kbuga Felicine, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatusti mu 1994, ku ruhare yayigizemo, asobanura icyatumye urwo rubanza rujyanwa I La Haye mu Buholandi.
Yabisobanuye mu kiganiro n’itangazamakuru tairki ya 23 Ugushyingo 2020, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’Ubucamanza kizageza tariki ya 27 Ugushyingo ku nanganyamatsiko igira iti “Ubuhuza nk’inkingi (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Cyubahiro Erice, ni umusore w’Umunyarwanda ariko wavukiye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ahitwa i Masisi, aho ababyeyi be bari baragiye gushakirayo ubuzima.
Uyu musore avuga ko yumva azatekereza ibyo gushinga urugo ari uko amaze kugera ku nzozi ze, zo gusubiza abana mu muryango uko abyifuza, bakava mu buzima bubi nawe yaciyemo, azi neza uko busubiza inyuma ahazaza h’umwana kandi ari we mizero y’igihugu ejo hazaza.
Iyo avuga amateka y’ubuzima bwe, (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Ushobora kumva "Isaha ya Bebe" ukagira ngo ni agasaha k’umurimbo umubyeyi bambika umwana ku kuboko nk’umutako nyamara umushinga Gikuriro usize wigishije abajyanama b’ubuzima n’ababyeyi inzira yoroshye y’uko bagaburira umwana ugitangira gufata imfashabere bikakorohera kumugaburira ku gihe, kumenya icyo umwana akeneye n’ingano yabyo umunsi ukira umwana aboneje imirire ituma akura mu gihagararo no mu bwenge mu minsi 1000 ya mbere.
Umujyana w’ubuzima Musabyimana (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Ushobora kutiyumvisha ako kanya uburyo urukingo rwa COVID-19 ruri gusabirwa guhabwa abaturage mu buryo busa na hutihuti nyamara nta mwaka ruramara rukorwa kandi ubusanzwe ishami ry’umuryango mpuzaamahanga ryita ku buzima OMS risaba ko urukingo ruhabwa abaturage rumaze imyaka itari munsi y’itatu rukorwaho igeragezwa.
Muri iyi nkuru, Mamaurwagasabo.rw igiye kugusobanurira uburyo uru rukingo kimwe n’urundi rugenzi rwarwo Moderna zizajya zikora mu mubiri w’umuntu mu buryo (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yitandukanyije n’abamushinja kuba umuterankunga b’ingabo za leta ya Tigray, zihanganye n’iza Guverinoma ya Ethiopia, mu ntambara imaze iminsi.
Tigray ni imwe muri leta 9 zigize Ethiopia iherereye mu Majyaruguru ikaba ituwe n’abaturage bagera kuri miliyoni esheshatu.
Kuva Guverinoma ya Ethiopia yasubika igikorwa cy’amatora cyari kuba muri uyu mwaka kubera icyorezo (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abaturarwanda bose basabwa kudatezuka ku ngamba zo kwirinda icyorezo cya coronavirusi cyugarije isi n’u Rwanda, ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge, Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa batandukanye batangije ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano, busaba abaturage kongera imbaraga mu isuku aho batuye, aho bakorera n’isuku ku mubiri mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza n’umutekano.
ubu bukangurambaga ni ikiciro cya 9 cy’ubukangurambaga busanzwe bumara amezi (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko nubwo abagabo atari bo barware kanseri y’inkondo y’umura ariko hakwiye ko bongererwa ubumenyi kuri iyo kanseri bityo bakagira uruhare mu kuyirinda abagore cyane ko iterwa na virusi yandurira mu mibonanompuzabitsina idakingiye.
Yabitangaje kuri uyu wa kabiri, tariki ya 17 Ugushyingo 2020 mu butumwa yatanze ubwo hatangizwaga Gahunda ihuriweho yo kongera umuvuduko mu bikorwa byo kurandura Kanseri y’Inkondo y’Umura.
Iyi ni gahunda (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe habura iminsi iatgeze ku cyumweru kimwe ngo ikiciro cya kabiri cy’abanyeshuri, baba mu mashuri abanza n’ayisumbuye, gitangire kujya ku ishuri, imibare Minisiteri y’Uburezi yatangarije itangazamakuru tariki ya 16 Ugushyingo 2020 igaragaza ko abarimu bashya bagomba gushyirwa mu kazi bakiri bake ugereranyije n’abagomba gushyirwa mu myanya. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri Dr. Uwamariya Valentine yatangaje ko gushaka abarimu no kubashyira mu myanya abarimu (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
U Rwanda rugiye kongera kwakira izindi mpunzi n’abimukira b’Abanyafurika bari baraheze mu gihugu cya Libya bakazagera mu Rwanda ku wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo 2020.
Iri ni itsinda rya kane u Rwanda rugiye kwakira nyuma y’uko rumaze igihe rwakiriye ibindi byiciro bitatu byabanje ariko bamwe mu bo rwakiriye mbere bagiye babona ibihugu bibakira byo ku mugabane w’u Burayi na Canada ku mugabane w’ Amerika.
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Inteko rusange ya Sena igiye gufata umwanzuro ku kibazo cy’ubwiyongere bw’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze imyaka igera kuri ibiri ryiyongera.
Ni umwanzuro uri bufatwe nyuma y’uko tariki ya 16 Ugushyingo 2020 abasenateri bagize komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu bagaragaje ko mu birego by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina byakiriwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuva mu 2018 kugeza mu 2020, harimo 2167 (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















