Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Zelensky yanze agahenge ka Noheri katanzwe na Putin

Friday 6 January 2023
    Yasomwe na

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yanze kwemera agahenge katanzwe na Perezida Putin ko guhagarika intambara ngo hizihizwe Noheri ku bayoboke b’idini rya Orthodox.

Ku wa Gatatu nibwo Perezida Putin yategetse ko haba ihagarikwa ry’imirwano hose ku rugamba muri Ukraine. Ni nyuma Yuko abisabwe na Papa w’Idini rya Orthodox ko abatuye Ukraine bahabwa agahenge bakizihiza ivuka rya Yezu Kirisito imitima idahagaze.

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yateye utwatsi icyo cyifuzo, avuga ko hakwiye ikintu kimww yifuza gusa.

Yavuze ko ako gahenge ari ako kugerageza guhagarika ingabo ze gukomeza kwigira imbere.

Ku munsi w’ejo umwe mu bayobozi bakuru muri Ukraine, Mykhaylo Podolyak yavuze ko nta gahengwe gashoboka kiretse abasirikare b’Uburusiya bose bakuwe mu bice byose bya Ukraine bigaruriye.

Mu ibara ryijimye ni ibice bya Ukraine byigaruriwe n’Uburusiya

Itorero rya Orthodox ryizihiza Noheli tariki 07 Mutarama, nk’uko biri ku kirangaminsi cya Julius Kayizali.

Perezida Putin yakira ubusabe bw’Aborthodox

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru