Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Perezida Zelensky yanze agahenge ka Noheri katanzwe na Putin

Friday 6 January 2023
    Yasomwe na

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yanze kwemera agahenge katanzwe na Perezida Putin ko guhagarika intambara ngo hizihizwe Noheri ku bayoboke b’idini rya Orthodox.

Ku wa Gatatu nibwo Perezida Putin yategetse ko haba ihagarikwa ry’imirwano hose ku rugamba muri Ukraine. Ni nyuma Yuko abisabwe na Papa w’Idini rya Orthodox ko abatuye Ukraine bahabwa agahenge bakizihiza ivuka rya Yezu Kirisito imitima idahagaze.

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yateye utwatsi icyo cyifuzo, avuga ko hakwiye ikintu kimww yifuza gusa.

Yavuze ko ako gahenge ari ako kugerageza guhagarika ingabo ze gukomeza kwigira imbere.

Ku munsi w’ejo umwe mu bayobozi bakuru muri Ukraine, Mykhaylo Podolyak yavuze ko nta gahengwe gashoboka kiretse abasirikare b’Uburusiya bose bakuwe mu bice byose bya Ukraine bigaruriye.

Mu ibara ryijimye ni ibice bya Ukraine byigaruriwe n’Uburusiya

Itorero rya Orthodox ryizihiza Noheli tariki 07 Mutarama, nk’uko biri ku kirangaminsi cya Julius Kayizali.

Perezida Putin yakira ubusabe bw’Aborthodox

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru