Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Twiteguye kurwana-Kagame

Thursday 20 June 2024
    Yasomwe na

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kurwana n’uwo ariwe wese uretse Congo ihora ibiririmba.

Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na television y’abafaransa ya France 24 kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024.

Muri iki kiganiro kigufi, Perezida Kagame yabajijwe yateguye kurwana bibaye ngombwa, asubiza ko byaba atari no kuri Congo gusa.

Yagize ati: "Byaba ko ibibera mu Burasirazuba bwa Congo bigeze ku butaka bwacu cyangwa se ikindi cyose, twiteguye kwirwanaho. Kuko n’ubundi turi aha kuko twaharaniye uburenganzira bwacu. Ntabwo twatinya kuvuga ko hagize utubangamira nta banga ririmo, twiteguye kwirwanaho."

"Twiteguye kurwana. Nta kintu na kimwe dutinya.”

Muri iki kiganiro kandi Perezida Paul Kagame yahakanye ko hari abasirikare b’u Rwanda ku butaka bw’umuturanyi we wa Congo, yemeza ko hagomba kwibazwa intandaro y’iki kibazo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru