Wednesday . 22 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

U Rwanda rwazamutse ku rutonde rw’ibihugu bifite ubwisanzure bw’itangazamakuru

Tuesday 3 May 2022
    Yasomwe na

Raporo y’Ubwisanzure bw’itangazamakuru y’uyu mwaka, 2022, yerekanye ko u Rwanda rwazamutse mu myanya, ruzamukaho imyaka 20 rugera ku mwanya wa 136 ruvuye kuri 156.

Ni raporo ikorwa n’Umuryango w’Abanyamakuru batagira umupaka, Reporters sans frontières (RSF) yasohotse kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Gicurasi 2022, ubwo hizihizwa umunsi w’ubwisanzure bw’itangazamakuru.

Kuri raporo y’umwaka ushize ku rutonde rw’ibihugu 180, u Rwanda rwari ku mwanya wa 156, naho u Burundi bwari ku mwanya wa 147; ibihuugu byombi byari mu kiciro cy’aho ’itangazamakuru rikinizwe’.

Mu Ugushyingo (11) 2021 leta y’u Rwanda yasohoye raporo yerekana ko ubwisanzure bw’itangazamakuru buri ku gipimo cya 93%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru