Friday . 3 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

ACCESS FINANCE RWANDA YATANGIJE GAHUNDA YO GUFASHA ABACURUZI BATO KUBONA IMARI

Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse kubona serivisi z’imari n’ubundi bufasha bwo guteza imbere ibikorwa byabo.
Iyi gahunda izahuza ba rwiyemezamirimo bato n’abatanga serivisi zigamije guteza imbere ubucuruzi hamwe n’ibigo by’imari bibafasha kubona inguzanyo n’andi mahirwe y’ishoramari. Iyi gahunda kandi ikaba igamije gukemura (…)

Abadepite basabye ko uwahombeje umushinga wa Biogaz yamenyekana akabiryozwa
Abadepite basabye ko uwahombeje umushinga wa Biogaz yamenyekana akabiryozwa

Abadepite basabye Minisitiri w’Ibikorwaremezo kwihutisha gushaka umuntu wese wagize uruhare mu gutuma umushinga wa Biogaz mu gihugu utagenda uko wari watekerejwe, basaba ko uwateje igihombo wese yamenyekana agakurikiranwa akagezwa mu butabera.
Ni nyuma yuko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Dr Nsabimana Ernest yagezaga ibisobanuro mu magambo ku bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, ku bibazo byagaragaye mu mushinga wa biogaz, aho byagaragaye ko hafi kimwe cya kabiri cy’izubatswe (…)

424 Shares 4 Comments
Ingengo y'Imari 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633 kubera impano n'inguzanyo
Ingengo y’Imari 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633 kubera impano n’inguzanyo

Mutungirehe Samuel
Ministiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Ndagijimana Uzziel, yatangaje ko ingengo y’imari y’igihugu ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633, zingana na 16.6%, ikava kuri miliyari 3 807 ikagera kuri miliyari 4 440.06 nkuko umushinga w’itegeko rivuguruye rigena umushinga w’ingengo y’imari ya Leta y’uwo mwaka.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Gashyantare 2022 imbere y’Inteko rusange y’abadepite asobanura impinduka ziri muri iri tegeko.
Ni umurimo wabaye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Haribazwa amaherezo y'isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo
Rubavu: Haribazwa amaherezo y’isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacuruzi bakorera ku Mupaka Muto wa Rubavu, Petite Barriere, bakomeje kwibaza amaherezo y’isoko ryahubatswe rya "Rubavu Cross Border Market" kuri ubu rikoreramo abacuruzi bake cyane ugereranyije n’uburyo ringana.
Bamwe mu bacuruzi bakorera muri iri soko bavuga ko nabo isaha ku isaha bashobora kurivamo kuko batangiye guhura n’igihombo gikabije bitewe nuko nta bakiriya bajya baza kubagurira ibicuruzwa ndetse kuri bamwe batangiye kuvamo. (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study

By Samuel Mutungirehe
Holiday Costs in 14 Countries: Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
. Majority of Rwandan households spend nearly 60% of annual income on Christmas costs . Six countries observed – Rwanda, Cameroon, Nigeria, Mexico, Lebanon, Philippines – spend 100% or more of monthly income on Christmas
LONDON, 30 November 2021 — The holiday season is here! Around the world, families are making plans to celebrate the season with unique (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n'ibigo by'imari
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n’ibigo by’imari

Umugiraneza Alice
Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu dusantere tw’ubucuruzi two mu murenge wa Cyuve ho mu kagali ka Kabeza ho mu Karere ka Musanze bahawe inguzanyo ku nyungu nto kubera ingaruka covid19 yagize ku bucuruzi bwabo, barashima ubufatanye n’ibigo by’imari bwatumye ubucuruzi bwabo bwongera kuzamuka bityo bakavuga ko byabafashije kugira aho bava n’aho bashaka kugera.
Twagirimana Calexte acururiza mu isantere y’ahazwi nko ku Ngagi, ni umwe mu bahawe wahawe amafaranga (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking

By Scovia Mutesi
Some women Small traders who were selling items in different markets which were established for former women hawkers are lamenting, due to different consequences which were ushered in by the Covid-19 pandemic, including the goods they used to sell, as well as the capital which they were used to buy goods, thus affecting them drastically, and apparently, some of them are selling few items, after getting credits from their friends, and this creates a shortage of goods, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko Rwanze ko Umutungo w'Umuryango wa Rwigara Ugurishwa
Urukiko Rwanze ko Umutungo w’Umuryango wa Rwigara Ugurishwa

Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi mu Rwanda ruherereye i Nyamirambo rwemeye kwakira ubujurire bwatanzwe na Premier Tobacco Company, LTD. Iyi ni sosiyete y’umuryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Umucamanza Kwibuka Jean Luc yavuze ko ubujurire "bwatanzwe mu buryo bwubahirije amategeko, rubusuzumye, rusanze bufite ishingiro kuri bimwe’’.
Urukiko rwemeje ko imikirize y’urubanza rwajuririwe, uko rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi, kuwa 16/09/20121, iteshejwe agaciro. Rwakijije kandi rutegeka ko (…)

424 Shares 4 Comments
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatatu Banki Nkuru y’Uburayi yatanagje ko yafashe ikemezo cyo gutangiza umushinga wo gushyiraho ifaranga rya Euro rikoranye ikoranabuhanga, hakaba hakenewe ko ibihugu by’umuryango bibyemeranyaho bityo bisobanurirwe n’abaturage.
Ni umushinga wakiranywe na yombi n’ibihugu by’Ubufaransa n’Ubudage, nk’uko byabitangaje bibinyujije muri minisiteri z’imari zabyo.
Ubusanzwe ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi byibumbiye mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi bikoresha ifaranga rimwe rya Euro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Barembejwe n'abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba
Gakenke: Barembejwe n’abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba

Umugiraneza Alice
Mu karere ka Gakenke umurenge wa Rusasa akagali ka Murambi haravugwa ubujura bukabije aho abajura barimo gutobora inzu z’abaturage ku manwa yihangu nubwo byari bimenyerewe ko ibisambo byitwikira ijoro bikirara mu mirima n’intoke none ngo ntibarigutinya kwiba ku manywa izuba riva.
Igitanaje muri aka kagali ni uko ba nyir’ubwite, bashyirwa mu majwi kwiba nabo ubwabo hari abemereye Mmaurwagasabo ko babikora n’icyabibateye.
Twikundanire Bosco wavutse 1987 Mwene (…)

424 Shares 4 Comments
Ingamba zo gukumira COVID-19 zatumye hatakara imirimo 900 000 mu kwezi kumwe
Ingamba zo gukumira COVID-19 zatumye hatakara imirimo 900 000 mu kwezi kumwe

MUTUNGIRHE SAMUEL
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu cy’Ibarurishamibare Murangwa Yusuf, yatangaje ko mu kwezi kumwe gusa, kwa Mata 2020, igihugu cyatakaje imirimo 900 000 bitewe n’ingaruka za COVID-19 ikimara kugera mu Rwanda.
Yabitangaje mu kiganiro yatanze mu nama y’abayobozi bakuru b’igihugu bateraniye i Nyagatare mu Burasirazuba, aho Perezida Kagame Paul yarimo kwakira imihigo y’abayobozi mu nzego, yari imaze imyaka ibiri yarasubitswe.
Umuyobozi Mukuru wa Murangwa Yusuf, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru