Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze: JADF yatangaje ko amafaranga y'ingengo y'imari yikubye gatatu muri uyu mwaka

Perezida w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Musanze (JADF) MUGABUKOMEYE Benjamin, yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye inshuro eshatu, muri uyu mwaka aho yageze kuri Miliyari zirenga 32 mu bikorwa by’iterambere. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo hatangizwaga (Opening Day) ku nsanganyamatsiko igira igira iti”Duhurize hamwe imbaraga zose zishyira umuturage ku Isonga we muzi w’iterambere rirambye”.
Yagize Ati”Uyu n’umwanya mwiza wo kugaragariza (…)

Kawa yahindutse inzira njyabukire ku rubyiruko rwo mu Gisaka
Kawa yahindutse inzira njyabukire ku rubyiruko rwo mu Gisaka

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ikawa ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu u Rwanda rurambyemo mu bicuruzwa byoherezwa hanze byinjiriza igihugu amadovize akagera no ku muhinzi wibereye iyo mu nguzi enye z’igihugu.
Ku bahinzi ba Kawa no mu karere ka Kirehe, mu gice kizwi nko mu Gisaka, by’umwihariko mu mirenge ya Gatore na Musaza, bavuga ko ikawa yahinduye ubuzima bwabo, bamwe biyukabiye inzu abasore binjiza amafaranga ndetse n’abakobwa yababereye inzira yo kwikura mu bushomeri kubera (…)

424 Shares 4 Comments
Abadepite basabye ko uwahombeje umushinga wa Biogaz yamenyekana akabiryozwa
Abadepite basabye ko uwahombeje umushinga wa Biogaz yamenyekana akabiryozwa

Abadepite basabye Minisitiri w’Ibikorwaremezo kwihutisha gushaka umuntu wese wagize uruhare mu gutuma umushinga wa Biogaz mu gihugu utagenda uko wari watekerejwe, basaba ko uwateje igihombo wese yamenyekana agakurikiranwa akagezwa mu butabera.
Ni nyuma yuko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Dr Nsabimana Ernest yagezaga ibisobanuro mu magambo ku bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, ku bibazo byagaragaye mu mushinga wa biogaz, aho byagaragaye ko hafi kimwe cya kabiri cy’izubatswe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingengo y'Imari 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633 kubera impano n'inguzanyo
Ingengo y’Imari 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633 kubera impano n’inguzanyo

Mutungirehe Samuel
Ministiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Ndagijimana Uzziel, yatangaje ko ingengo y’imari y’igihugu ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 633, zingana na 16.6%, ikava kuri miliyari 3 807 ikagera kuri miliyari 4 440.06 nkuko umushinga w’itegeko rivuguruye rigena umushinga w’ingengo y’imari ya Leta y’uwo mwaka.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Gashyantare 2022 imbere y’Inteko rusange y’abadepite asobanura impinduka ziri muri iri tegeko.
Ni umurimo wabaye (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Haribazwa amaherezo y'isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo
Rubavu: Haribazwa amaherezo y’isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacuruzi bakorera ku Mupaka Muto wa Rubavu, Petite Barriere, bakomeje kwibaza amaherezo y’isoko ryahubatswe rya "Rubavu Cross Border Market" kuri ubu rikoreramo abacuruzi bake cyane ugereranyije n’uburyo ringana.
Bamwe mu bacuruzi bakorera muri iri soko bavuga ko nabo isaha ku isaha bashobora kurivamo kuko batangiye guhura n’igihombo gikabije bitewe nuko nta bakiriya bajya baza kubagurira ibicuruzwa ndetse kuri bamwe batangiye kuvamo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study

By Samuel Mutungirehe
Holiday Costs in 14 Countries: Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
. Majority of Rwandan households spend nearly 60% of annual income on Christmas costs . Six countries observed – Rwanda, Cameroon, Nigeria, Mexico, Lebanon, Philippines – spend 100% or more of monthly income on Christmas
LONDON, 30 November 2021 — The holiday season is here! Around the world, families are making plans to celebrate the season with unique (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n'ibigo by'imari
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n’ibigo by’imari

Umugiraneza Alice
Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu dusantere tw’ubucuruzi two mu murenge wa Cyuve ho mu kagali ka Kabeza ho mu Karere ka Musanze bahawe inguzanyo ku nyungu nto kubera ingaruka covid19 yagize ku bucuruzi bwabo, barashima ubufatanye n’ibigo by’imari bwatumye ubucuruzi bwabo bwongera kuzamuka bityo bakavuga ko byabafashije kugira aho bava n’aho bashaka kugera.
Twagirimana Calexte acururiza mu isantere y’ahazwi nko ku Ngagi, ni umwe mu bahawe wahawe amafaranga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking

By Scovia Mutesi
Some women Small traders who were selling items in different markets which were established for former women hawkers are lamenting, due to different consequences which were ushered in by the Covid-19 pandemic, including the goods they used to sell, as well as the capital which they were used to buy goods, thus affecting them drastically, and apparently, some of them are selling few items, after getting credits from their friends, and this creates a shortage of goods, (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko Rwanze ko Umutungo w'Umuryango wa Rwigara Ugurishwa
Urukiko Rwanze ko Umutungo w’Umuryango wa Rwigara Ugurishwa

Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi mu Rwanda ruherereye i Nyamirambo rwemeye kwakira ubujurire bwatanzwe na Premier Tobacco Company, LTD. Iyi ni sosiyete y’umuryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Umucamanza Kwibuka Jean Luc yavuze ko ubujurire "bwatanzwe mu buryo bwubahirije amategeko, rubusuzumye, rusanze bufite ishingiro kuri bimwe’’.
Urukiko rwemeje ko imikirize y’urubanza rwajuririwe, uko rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi, kuwa 16/09/20121, iteshejwe agaciro. Rwakijije kandi rutegeka ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatatu Banki Nkuru y’Uburayi yatanagje ko yafashe ikemezo cyo gutangiza umushinga wo gushyiraho ifaranga rya Euro rikoranye ikoranabuhanga, hakaba hakenewe ko ibihugu by’umuryango bibyemeranyaho bityo bisobanurirwe n’abaturage.
Ni umushinga wakiranywe na yombi n’ibihugu by’Ubufaransa n’Ubudage, nk’uko byabitangaje bibinyujije muri minisiteri z’imari zabyo.
Ubusanzwe ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi byibumbiye mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi bikoresha ifaranga rimwe rya Euro (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Barembejwe n'abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba
Gakenke: Barembejwe n’abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba

Umugiraneza Alice
Mu karere ka Gakenke umurenge wa Rusasa akagali ka Murambi haravugwa ubujura bukabije aho abajura barimo gutobora inzu z’abaturage ku manwa yihangu nubwo byari bimenyerewe ko ibisambo byitwikira ijoro bikirara mu mirima n’intoke none ngo ntibarigutinya kwiba ku manywa izuba riva.
Igitanaje muri aka kagali ni uko ba nyir’ubwite, bashyirwa mu majwi kwiba nabo ubwabo hari abemereye Mmaurwagasabo ko babikora n’icyabibateye.
Twikundanire Bosco wavutse 1987 Mwene (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru