Perezida w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Musanze (JADF) MUGABUKOMEYE Benjamin, yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye inshuro eshatu, muri uyu mwaka aho yageze kuri Miliyari zirenga 32 mu bikorwa by’iterambere. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo hatangizwaga (Opening Day) ku nsanganyamatsiko igira igira iti”Duhurize hamwe imbaraga zose zishyira umuturage ku Isonga we muzi w’iterambere rirambye”.
Yagize Ati”Uyu n’umwanya mwiza wo kugaragariza (…)
MUTUNGIRHE SAMUEL
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu cy’Ibarurishamibare Murangwa Yusuf, yatangaje ko mu kwezi kumwe gusa, kwa Mata 2020, igihugu cyatakaje imirimo 900 000 bitewe n’ingaruka za COVID-19 ikimara kugera mu Rwanda.
Yabitangaje mu kiganiro yatanze mu nama y’abayobozi bakuru b’igihugu bateraniye i Nyagatare mu Burasirazuba, aho Perezida Kagame Paul yarimo kwakira imihigo y’abayobozi mu nzego, yari imaze imyaka ibiri yarasubitswe.
Umuyobozi Mukuru wa Murangwa Yusuf, (…)
MUTUNGIRHE SAMUEL
Hari abaturage bo mu mirenge mwe n’imwe yo mu karere ka Ngoma batangarije MamaUrwagasabo ko bari basanzwe bari mu bimina bizigamira bakanagurizanya amafaranga ariko kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda byageze muri Guma mu Rugo abari batunzwe no kuguza bakiga imishinga yo kwiteza imbere byahagaze iterambere ry’ingo ritangira kudindira.
Abaganiriye n’umunyamakuru bo mu murenge wa Kibungo, bavuze ko nta muturage uteri umaze kuenya akamari ko kwishyira hamwe mu (…)
Kuri uyu wa kane tariki ya 29/10/2020, Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) n’Ikigo mpuzamahanga cy’Abanyakoreya gishinzwe ubutwererane (KOICA) batangije ku mugaragaro ikigega cya miliyoni 500 z’amafaranga y’u Rwanda, kigamije gushyigikira imishinga y’Urubyiruko yazahajwe n’icyorezo cya Koronavirusi ndetse n’imishinga mishya rwahanze igamije kugikumira.
Icyorezo cya Koronavirusi cyagize ingaruka ku bukungu muri rusange, (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abanyarwanda batandukanye bataka ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 yagize ku bikorwa byabo n’imibereho ya buri munsi, Muteteri Lestuda umubyeyi ukora ubucuruzi bucururutse bwo gushaka amaramuko mu mudugudu wa Isangano mu kagari ka Karenge ko mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma, avuga ko yagerageje gucuruza ibyo kurya muri corona ariko abaguzi bakabura amafaranga yo guhaha bimwe bikamuborana ibindi akabikopa bimusubiza inyuma.
Mu kiganiro n’umunyamakuru wa (…)
By Imfurayabo Pierre
Abatuye ku kirwa cya Nkombo bavuga ko nubwo gahunda ya Guma mu rugo iri kubafasha kwirinda icyorezo cya Covid-19, yatumye babura uko bagera ku isoko kuko ntaryo bagira ku kirwa cyabo.
Nkombo igizwe n’ubutaka butera, buzengurutswe n’amazi bigatuma imibereho yaho isaba ubuhahirane n’indi mirenge, kugirango babashe kubona ibicuruzwa cyane cyane ibyo kurya, kuko nta soko rusange rihari, n’udusoko duto duhari dukora tuvanye ibicuruzwa mu masoko yo mu yindi mirenge. (…)
By Imfurayabo Pierre
Muri iyi minsi turimo usanga benshi bakora neza ndetse bagakorana umuhate mu byo bakora akenshi ariko ugasanga batagera kuyo baba bashaka kugeraho aha twavuga ubutunzi cyangwa ubukire dore ko ahanini aribwo tuba duharanira, Abantu benshi ubu bamaze kwiheba kubera gutsindwa n’ubuzima, umubare mwinshi w’urubyiruko wamaze kwiheba maze ufata umwanzuro wo kwishora mu biyobyabwenge kubera gutsindwa n’ubuzima.
Urubuga Entrepreneur.com rutanga inama aho zimwe mu mpuguke mu (…)
By Imfurayabo Pierre
Abadepite bagaragaje ko mu mafaranga yateganyirijwe ingengo y’imari y’umwaka utaha uzatangirana na Nyakanga 2020, harimo icyuho ku buryo hari ibikorwa 61 byateganyijwe bitazabasha gukorwa, basaba ko hashakwa ibisubizo bikwiye.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu yagejeje ku Nteko Rusange y’umutwe w’abadepite, raporo ku isesenguraga ry’imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya leta y’umwaka wa 2020/21.
Perezida (…)
By Imfurayabo Pierre
Birashoboka ko waba ukunda kunywa Fanta nka kimwe mu binyobwa biryoha kandi biboneka henshi ku Isi, ukaba utazi inkomoko yayo. Si ishyano ryaba riguye kuko byinshi mu byo tugaburira imibiri yacu bitugeraho tutazi aho byaturutse, uwabiteguye, ndetse rimwe na rimwe ntitugira amatsiko ahagije yo kumenya ibinyabutabire bibigize.
Abakunzi benshi b’ibinyobwa bidasembuye bazakubwira ko bakunda ‘Coca Cola’, cyane ko ari yo isa n’iyigaruriye Isi mu myaka myinshi ishize. (…)
By Imfurayabo Pierre
Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Mbere, yemeje Umushinga w’Itegeko rishyiraho Ikigo gishinzwe Iby’Ikirere mu Rwanda, bigaragaza intambwe ikomeje guterwa n’u Rwanda mu kurushaho guteza imbere ibijyanye n’ikirere.
Ni igikorwa kibaye nyuma y’amezi make u Rwanda rwohereje mu kirere icyogajuru cyarwo cya mbere, RWASAT 1, cyakozwe ku bufatanye n’ikigo cyo mu Buyapani gishinzwe iby’ikirere, JAXA. Ni icyogajuru gito mu bwoko bw’ibizwi nka CubeSats.
Minisitiri (…)
100 teen mothers graduated in Vocational Training skills in tailoring. The event took place in Kamabuye Sector, Bugesera district on 28th January, 2020.
Havumbuwe inyubako ikorerwamo iPhones z’inyiganano
31 October 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























