Friday . 3 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

ACCESS FINANCE RWANDA YATANGIJE GAHUNDA YO GUFASHA ABACURUZI BATO KUBONA IMARI

Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse kubona serivisi z’imari n’ubundi bufasha bwo guteza imbere ibikorwa byabo.
Iyi gahunda izahuza ba rwiyemezamirimo bato n’abatanga serivisi zigamije guteza imbere ubucuruzi hamwe n’ibigo by’imari bibafasha kubona inguzanyo n’andi mahirwe y’ishoramari. Iyi gahunda kandi ikaba igamije gukemura (…)

Amavugurura mu mikorere ya RFTC ngo azafasha iterambere ry'amakoperative ayishamikiyeho
Amavugurura mu mikorere ya RFTC ngo azafasha iterambere ry’amakoperative ayishamikiyeho

Ubuyobozi bw’impuzamashyirahamwe y’amakoperative atwara abagenzi (RFTC) buvuga ko bwakoze amavugurura arimo kugabanya umutungo yari yarashoye muri Kompanyi ya Jali Investment ugasaranganywa amakoperative ayishamikiyeho mu rwego rwo guharanira iterambere ryayo mu buryo bwihuse.
Umuyobozi wa RFTC, Nsengiyumva François avuga ko impinduka zakozwe ziri mu nyungu z’amakoperative kugira ngo arusheho kunoza imikorere yayo kandi ateze imbere abanyamuryango.
Ati “Iri vugurura mu mikorere yacu (…)

424 Shares 4 Comments
Uko amafaranga umunyarwanda yinjiza ku mwaka yiyongereyeho $642 mu myaka 25
Uko amafaranga umunyarwanda yinjiza ku mwaka yiyongereyeho $642 mu myaka 25

Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Jenoside yakorewe Abatutsi ni igice gikomeye cy’amateka atazibagirana mu Rwanda kuko uretse gutakaza abantu barenga miliyoni imwe, izindi ngeri zibumbatiye imibereho y’igihugu zasandaye, ubukungu bukangirika ku buryo byasabye imbaraga nyinshi ngo igihugu gisubire ku murongo.
Mu 1994 ubukungu bw’u Rwanda bwari bugeze aharindimuka icyo gihe izamuka ryabwo ryasubiye inyuma kuri -41.9%, ibi binagira ingaruka ku musaruro mbumbe w’umuturage ku mwaka kuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibanga ry'iterambere rya Facebook! Ibigo 5 byaguzwe na Facebook mu rwego rwo kwirinda guhangana nabyo
Ibanga ry’iterambere rya Facebook! Ibigo 5 byaguzwe na Facebook mu rwego rwo kwirinda guhangana nabyo

Facebook ni urubuga nkoranyambaga rwubatswe n’umugabo w’umunyamerika Mark Zuckerberg muri 2004 igihe yigaga muri kaminuza ya Havard. Kuri ubu ni ikigo kiri ku isonga. Bimwe mu byagitije umurindi w’iterambere harimo kugura ibigo byazaga bije guhangana nacyo. Tugiye kukugezaho rutonde rw’ibigo 5 byaguzwe na Zuckerberg n’amafaranga yagiye abyishyura
Facebook inkingi ya mwamba mu bijyanye n’imbuga nkoranyambaga dore ko ifite miliyaridi 2.7 by’abantu bayikoresha buri kwezi. Magingo aya ni (…)

424 Shares 4 Comments
SportPesa iranegura ingingo yafatiwe amakompanyi ya tombola
SportPesa iranegura ingingo yafatiwe amakompanyi ya tombola

Ikompanyi SportPesa ivuga ko ingingo y’ubutegetsi bwa Kenya yo kuyihagarikira inomero yayo ngufi isanzwe ikoreshwa n’abashaka gutombora ifise intumbero "igayitse".
Gisubiramwo itangazo ryasohowe, ikinyamakuru Daily Nation kivuga ko ikigo gishinzwe amashyirahamwe y’ugutombora (Betting Control and Licensing Board, BCLB) yatanze amasaha 48 ku bantu bafite amafaranga yabo ku makonti ya telefone akoreshwa mu gutombora ko baba bayakuyeko.
Ku munsi wa gatatu, icyo kigo cyabwiye ikompanyi yo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Impungenge bimwe mu bihugu byo muri Afrika bibona mu gukoresha Ifaranga ‘Libra' rya Facebook
Impungenge bimwe mu bihugu byo muri Afrika bibona mu gukoresha Ifaranga ‘Libra’ rya Facebook

Guhera mu mwaka utaha, Facebook irashaka ko abantu miliyari ebyiri bayikoresha batangira no gukoresha ifaranga ryayo ryo kuri internet yise ’Libra’, bakajya babasha kwishyura bakoresheje ’app’ cyangwa WhatsApp bakoreshe iyi ’crypto-currency’ nshya.
Abantu bagera kuri miliyoni 139 muri Afurika bakoresha Faceboook, iby’iri faranga ryo kuri murandasi (internet) bivuze iki kuri bo? bizabafasha iki?
Iby’iri faranga bivuze byinshi kuri Africa, umugabane ukorerwaho ubucuruzi no kwishyurana (…)

424 Shares 4 Comments
Abakoresha telephone za Huawei bagiye kubura serivisi zifatiye kuri Android nka youtube na gmail
Abakoresha telephone za Huawei bagiye kubura serivisi zifatiye kuri Android nka youtube na gmail

By Imfurayabo Pierre Romeo
Kompanyi y’ikoranabuhanga ya Google yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yabujije Huawei ikora telefone zigezweho gukoresha uburyo bushya bwayo bwa Android, ibi bikaba ari ingorane kuri iyi kompanyi y’Abashinwa yabujijwe zimwe muri "applications" za Google.
Ni mu gihe intambara y’ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Amerika irimbanyije. Mu cyumweru gishize, ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump w’Amerika bwashyize Huawei ku rutonde rwa kompanyi zibujijwe gukoresha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
IMODOKA YACIYE AGAHIGO KO KUBA IHENZE KWISI
IMODOKA YACIYE AGAHIGO KO KUBA IHENZE KWISI

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Sosiyete ikora amamodoka yo mu gihugu cy’ubufaransa Bugatti yashyize hanze imodoka nshya ihenze kurusha izindi zose kufa imodoka zatangira kubaho mu isi.
Iyi modoka yo mu bwoko bwa bugatti la voiture noir, niyo modoka ifite igiciro cyo hejuru haba muri uyu mwaka wa 2019 ndetse nindi myaka yabanje kuko ihagaze akayabo k’amadolari y’Amerika miliyoni 19 asaga miliyari 167 na miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda. Bugatti la voiture noir ihenze kurusha (…)

424 Shares 4 Comments
IBIRIBWA KU ISI BIKOMEJE KUGARIZWA KUBERA IGABANUKA RY'URUSOBE RW'IBINYABUZIMA
IBIRIBWA KU ISI BIKOMEJE KUGARIZWA KUBERA IGABANUKA RY’URUSOBE RW’IBINYABUZIMA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Icyegeranyo cy’umuryango w’abibumbye kivuga ko ibimera, ibisimba n’ibinyabuzima bito cyane bitabonwa n’ijisho rya muntu bifatwa nk’inkingi mwikorezi ikomokaho ibiribwa bitandukanye, biri kugabanuka ku isi.
Iki cyegeranyo cya ONU kivuga ko mu gihe ibi binyabuzima by’ingenzi byaba bihonnye, ibi "byashyira mu kaga gakomeye ejo hazaza h’uburyo tubonamo ibyo kurya".
Ubu bushakashatsi buvuga ko impinduka mu ikoreshwa ry’ubutaka, isuri n’imihindagurikire (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyeshuri b'Abanyarwanda mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h'ikoranabuhanga ku Isi
Abanyeshuri b’Abanyarwanda mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhanga ku Isi

Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big Data na Artificial Intelligence butaragera mu Rwanda na henshi muri Afurika.
Iri koranabuhanga baryerekewe ku cyicaro cya Huawei mu bihugu cy’Ubushinwa ahasanzwe habera imurikagurishwa ry’ikoranabuhanga muri Shenzhen.
Aba banyeshuri bose uko ari umunani bajyanywe na Huawei biga mu (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe yahaye umukoro RRA wo kufasha u Rwanda kwihaza mu ngengo y'imari
Minisitiri w’Intebe yahaye umukoro RRA wo kufasha u Rwanda kwihaza mu ngengo y’imari

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yasabye Ikigo cy’Imisoro n’amahoro (RRA) kongera imbaraga mu gushishikariza abanyarwanda kwitabira gusora kugira ngo igihugu kizagere ku rwego rwo kwihaza mu ngengo y’imari.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza imyaka 20 ishize RRA ishinzwe ndetse n’imyaka 16 hatangijwe umunsi w’abasora. Mu ngengo y’imari ya miliyari 2.115.4 Frw yifashishijwe umwaka ushize wa 2017/2018, imisoro yari miliyari 1252.2 Frw angana na 58.3 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru