Friday . 3 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

ACCESS FINANCE RWANDA YATANGIJE GAHUNDA YO GUFASHA ABACURUZI BATO KUBONA IMARI

Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse kubona serivisi z’imari n’ubundi bufasha bwo guteza imbere ibikorwa byabo.
Iyi gahunda izahuza ba rwiyemezamirimo bato n’abatanga serivisi zigamije guteza imbere ubucuruzi hamwe n’ibigo by’imari bibafasha kubona inguzanyo n’andi mahirwe y’ishoramari. Iyi gahunda kandi ikaba igamije gukemura (…)

Museveni na Magufuli bemeranyije kubaka urugomero rw'amashanyarazi
Museveni na Magufuli bemeranyije kubaka urugomero rw’amashanyarazi

Amasezerano yo gutangira imirimo yo kubaka uruganda rw’amashanyarazi ruzaha ibi bihugu byombi Megawat 10 yemeranyijweho n’Abakuru b’ibihugu byombi kuri uyu wa Kane. Uru rugomero ruzaba rwubatse mu duce twa Kikagati na Murongo.
Perezida Magufuli Museveni bemeranyijwe ko kubaka ruriya rugomero byihutishwa Mu Ugushyingo 2017 hasinywe amasezerano hagati y’ibigo bitunganya bikanagurisha amashanyarazi, TANESCO yo muri Tanzania na UETCL yo muri Uganda.
Mu biganiro Abakuru b’ibihugu byombi (…)

424 Shares 4 Comments
Airtel sponsors Play for Peace children's football tournament
Airtel sponsors Play for Peace children’s football tournament

In a bid to impart the importance of peace in their lives from childhood, Airtel sponsored the Play for Peace children’s football tournament that took place from Monday to Wednesday this week.
The tournament, that took place at the Youth for Christ Center in Kibagabaga and finals at the IPRC Stadium, Kicukiro, Kigali, is part of the Pentecostal Church of Rwanda’s (ADEPR) Ambassadors Football Program Ministry that aims at reaching out to children and youth using football.
“We at Airtel (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakoresheje Tigo cash bagiye gusaranganywa miliyoni 121
Abakoresheje Tigo cash bagiye gusaranganywa miliyoni 121

Nyuma yo guhabwa uruhushya rwa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) rwatanzwe mu mwaka wa 2016, Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel –Tigo igiye gusaranganya miliyoni 121 z’amafaranga y’u Rwanda ababikije amafaranga kuri Tigo Cash, mu gihe abakoresha Airtel Money na Tigo Cash nabo bagiye kujya babona inyungu buri gihembwe.
Airtel–Tigo yatangaje ko abakiliya bayo bakoreshaga Tigo Cash guhera mu Ukuboza umwaka ushize wa 2017 bagiye gusaranganywa iyo nyungu ya miliyoni 121 Frw yabonetse kuva icyo gihe (…)

424 Shares 4 Comments
Akamanzi Yasonanuye Abibajije Ku mafaranga u Rwanda rwahaye Arsenal
Akamanzi Yasonanuye Abibajije Ku mafaranga u Rwanda rwahaye Arsenal

Clare Akamanzi, umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rwararekuye akayabo rukamamaza ubukerarugendo rukoresheje Arsenal hari ibyo birengagiza cyangwa batumva.
Clare Akamanzi, umuyobozi wa RDB Ayo masezerano ni ay’uko iyi kipe izajya yambara imyenda iriho ikirango cya “Visit Rwanda” mu rwego rwo gukangurira abayikurikira n’abakurikira ruhago kumenya u Rwanda.
Bihwihwiswa ko ayo masezerano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sosiyete sivile irasaba ko ibigo bya Leta bigabanywa
Sosiyete sivile irasaba ko ibigo bya Leta bigabanywa

Uyu munsi abagize ihuriro rya sosiyete sivile, CLADHO, batangaje ko Leta ikwiye kureba ibigo byayo bikora ibintu bisa ikabikuraho kuko amafaranga bitwara yashyirwa mu bindi bikorwa by’iterambere bikenewe. Ni mu bitekerezo batanze ku ngengo y’imari ya 2028-19 iri kunozwa. Umuyobozi w’ihuriro rya Sosiyete sivile nyarwanda, Jean Leonard Sekanyange yavuze ko iriya ngingo ari imwe muzo bagejeje kuri Komisiyo y’imari mu Nteko ishinga amategeko kugira ngo nayo izayigeze ku Nteko rusange mbere (…)

424 Shares 4 Comments
Bugesera: Abagore bababazwa n'uko ibyagatunze urugo bishirira mu kabari
Bugesera: Abagore bababazwa n’uko ibyagatunze urugo bishirira mu kabari

Abagore batuye mu murenge wa Shyara mu karere ka Bugesera bavuga ko bavunika bahinga umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga bakayakoresha ibyo bishakiye batabyumvikanyeho, bigatuma bahorana ubukene mu miryango.
Umwe mu bagore bahinga umuceri mu murenge wa Shyara avuga ko abagore aribo bahinga ariko umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga y’umusaruro na koperative .
Aragira ati “ahanini abagore nitwe tuvunika duhinga ariko umuceri wamara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karama: Umunsi w'abagore waranzwe no kuremera abatishoboye
Karama: Umunsi w’abagore waranzwe no kuremera abatishoboye

Ku wa 8 Werurwe 2018, Umunsi w’abagore mu murenge wa Karama mu karere ka Nyagatare wizihirijwe Ku rwunge rw’amashuri rwa Bushara. Uwo munsi waranzwe no kuremera bamwe mu bagore batishoboye no gushima ibyagezweho.
Uhagarariye inama y’abagore mu murenge wa Karama, Mukandera Genevieve, yashimiye abagore ku bikorwa by’indashyikirwa bakoze birimo kugurirana matela, ibikoresho byo mu gikoni, intebe za pulasitiki, n’ibikoresho byo kubika amazi byose bifite agaciro ka miliyoni mirongo itatu n’imwe (…)

424 Shares 4 Comments
“Don't stop! Keep pressing for progress!”
“Don’t stop! Keep pressing for progress!”

Indeed, let us keep pressing for progress as the theme for this year’s International Women’s Day demands. However let us do so with the clarity and tenacity that will finally end all forms of discrimination against women and girls and sustainably instigate gender equality across all spheres.
This year’s theme echoes the priority theme of the upcoming 62nd session of the UN Commission on the Status of Women whose focus is on Challenges and opportunities for advancing gender equality and (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda ruzakira inama ya Commonwealth ya 2020
U Rwanda ruzakira inama ya Commonwealth ya 2020

U Rwanda rwemere kuzakira inama ikomeye ihuriramo abakuru b’ibihugu 53 ndetse n’abahagarariye za Guverinoma baturuka mu bihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.

424 Shares 4 Comments
Abaturage bacu bagomba kungukira mu bucuruzi n'urujya n'uruza rw'abantu-Perezida Kagame
Abaturage bacu bagomba kungukira mu bucuruzi n’urujya n’uruza rw’abantu-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko abaturage bagomba kungukira mu bucuruzi ndetse n’urujya n’uruza rw’abantu basura ibihugu.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru