Perezida w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Musanze (JADF) MUGABUKOMEYE Benjamin, yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye inshuro eshatu, muri uyu mwaka aho yageze kuri Miliyari zirenga 32 mu bikorwa by’iterambere. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo hatangizwaga (Opening Day) ku nsanganyamatsiko igira igira iti”Duhurize hamwe imbaraga zose zishyira umuturage ku Isonga we muzi w’iterambere rirambye”.
Yagize Ati”Uyu n’umwanya mwiza wo kugaragariza (…)
Perezida wa Kenya, Dr. William Ruto yasabye abaminisitiri mu kanama k’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EAC kugerageza bagakuraho imbogamizi zikibangamiye urujya n’uruza rw’ubucuruzi mu muryango.
Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ubwo yari asuwe n’abagize Akabama k’abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga mu bihugu bya EAC, mu mirimo barimo i Nairobi muri Kenya.
Ni inama iyobowe na Chairman w’aka kanama, Ambassderi Nibigira Ezechiel.
Perezida Ruto yavuze ko umuryango wa EAC (…)
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko yatangiye kuvugurura Itegeko rigenga uburyo bw’isoresha, aho ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi icibwa uwamenyekanishije umusoro ku gihe ariko ntawishyure mu gihe cyagenwe, izagabanywa mo kabiri.
Byatangajwe kuri uyu wa Kabiri ubwo Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite, yatangiraga gusuzuma umushinga w’itegeko rihindura itegeko No 026/2019 ryo ku wa 18/09/2019 rigena uburyo bw’isoresha. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Urukiko rwo muri Argentine rwakatiye Visi Perezida Cristina Fernandez de Kirchner gufungwa imyaka itandatu mu rubanza rwa ruswa rwavuzwe cyane muri icyo gihugu.
Cristina w’imyaka 69, yahamwe n’icyaha cy’ubutegetsi bw’amanyanga mu gutanga amasezerano y’imirimo rusange ku nshuti. Gusa birashoboka ko atazakora igifungo yakatiwe. Cristina aracyafite ubudahangarwa runaka kubera imyanya afite muri leta ndetse byitezwe ko atanga ukujurira kuzamara igihe kirekire. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imwe mu ndege z’ikigo cya Tanzania gikora ingendo zo mu kirere yafatiriwe na Leta y’u Buholandi kubera ideni iki gihugu kibereyemo Ikigo cyo muri Suède cyayitsinze mu rubanza.
Amakuru dukesha Igihe, avuga ko iyi ndege yafatiwe ku kibuga cyo mu murwa mukuru, Amsterdam ku itegeko ryatanzwe n’Urukiko rwo mu Buholandi.
Ifatirwa ry’iyi ndege ryaturutse ku rubanza ikigo cyo muri Suède cyitwa ‘EcoEnergy Africa AB’ gifite umushinga w’uruganda rukora isukari mu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ikigo cy’Indege cya Tanzania, Air Tanzania, cyahagaritse gukoresha indege za Airbus A220 kubera ikibazo cya moteri zazo, ubu ikomeje gushaka uburyo bwo kuziba icyo cyuho.
Nation yatangaje ko imwe mu ndege za Air Tanzania yo mu bwoko bwa A220, iheruka gukora urugendo ku wa 3 Mutarama, ubu iparitse ku Kibuga cy’Indege cya Maastricht Aachen mu Buholandi.
Indege ya kabiri yo iparitse ku kibuga cy’indege i Dar es Salaam, nyuma yo gukora urugendo rwa nyuma ku wa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Beijing mu Bushinwa bwategetse ko za parikingi, inzu z’ubucuruzi ndetse n’inzu ndangamurage bifungwa guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022 kubera ubwiyongere bwa Covid-19.
Ku rundi ruhande, imijyi myinshi y’u Bushinwa yo yategetswe kongera gupima abantu bose mu kwirinda ko Covid-19 yakwira igihugu bigahungabanya ubukungu.
U Bushinwa bugaragaza ko abagera ku 28.127 basanzwemo iyi virus, abajya kungana n’abayanduraga buri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu ntara ya Java yo mu Burengerazuba bwa Indonesia abantu basaga 56 bahitanwe n’umutingito ukomeye wari ufite manyitide ya 5.6.
Kuri uyu wa mbere, Guverineri wa Java, Ridwan Kamil, yemeje ko abantu 56 babuze ubuzima bazize umutingito wibasiye cyane umujyi wa Cianjur, nko mu birometero 75 mu Majyepfo y’Umurwa Mukuru, Jakarta.
Ridwan yagize ati: “Hariho abaturage bafatiwe ahantu hitaruye… ku buryo dukeka ko umubare w’abakomeretse n’abapfuye uziyongera uko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera inama mpuzamahanga yiga ku guhuza imibereho ya Gikirisitu n’ubucuruzi, (Kingdom Business Forum).
Itorero Fatherhood Sanctuary niryo ryateguye iyi nama, izitabirwa n’abarenga ijana baturutse mu bihugu birenga bine ku Isi.
Mu kiganiro n’itangazamaku cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Ugushyingo, ku myitegura yiri huriro, Bishop Hakizimana Pacifique, uhagarariye Fatherhood Sanctuary mu buryo bw’Amategeko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Inzego z’umutekano za Mozambique zataye muri yombi Abashinwa babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwigana telefone z’uruganda rw’Abanayerika Apple zizwi nka ‘iPhone’.
Ubwo aba Bashinwa bafatwaga basanganywe iPhones z’inyiganano 1165. Bivugwa ko bari barafashe inyubako nini ‘apartment’ imwe iherereye mu Murwa Mukuru, Maputo bayihindura nk’uruganda ku buryo ariho bakoreraga ibi bikorwa byose.
Polisi ya Mozambique yatangaje ko aba Bashinwa bari bafite (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma yo kwegukana urubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yahise yirukana bane mu bayobozi bari barimo n’umwe mu birukanye Donald Trump.
Elon Musk, yaguze Twitter kuri miliyali 44 z’amadorari y’Amwerika. Nyuma y’ibyo ntiyatindijemo gushyira mu bikorwa umugambi we wo kwirukana abakozi bari basanzwemo.
CNN, yatangaje ko Elon Musk kugura urubuga rwa Twitter, yahise yandika kuri uru rubuga avuga ati: “Inyoni irarekuwe.” (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























