Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse kubona serivisi z’imari n’ubundi bufasha bwo guteza imbere ibikorwa byabo.
Iyi gahunda izahuza ba rwiyemezamirimo bato n’abatanga serivisi zigamije guteza imbere ubucuruzi hamwe n’ibigo by’imari bibafasha kubona inguzanyo n’andi mahirwe y’ishoramari. Iyi gahunda kandi ikaba igamije gukemura (…)
Mu gihe kitarenga umwaka bamaze batangiye kwihuriza hamwe, abakora ibikoresho bikoze mu mpu z’amatungo mu Rwanda batangaje ko bageze ahantu hashimishije mu kwambika abanyarwanda n’abanyamahanga ariko bagisigaranye imbogamizi imwe yo kubona impu zitunganyije neza bikorewe imbere mu gihugu.
Iri huriro rizwi nka Kigali Leather Cluster, rivuga ko rihanganye n’ibikozwe mu mpu nk’inkweto, amasakoshi, imikandara n’ibindi biva hanze y’u Rwanda bikagurwa ku giciro gito ariko biyemeje kurutsinda (…)
Abaturage bo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi bavuga ko FPR Inkotanyi n’umukandida wayo Paul Kagame yabakijije inzara bati "Ukumenyera inda niwe mubyeyi ntiwamwima amajwi"
Ibi babitangaje ubwo bari muri uyu Murenge wa Bugarama bamamazaga umukandida w’Umuryango wa FPR Inkotanyi ndetse n’Abadepite bitegura amatora akomatanyije azaba tariki 15 Nyakanga 2024.
Uhagarariye ibikorwa byo kwamamaza umukandida w’Umuryango RPF-INKOTANYI mu murenge wa Bugarama, Bwana Niyonshuti Ezeckiel (…)
Bamwe mu bacuruzi bo mu mujyi wa Kigali baravuga ko muri ibi bihe byo kwiyamamaza kw’abakandida perezida n’abadepite barimo kubibonamo amahirwe yo kwagura ibikorwa byabo by’ubucuruzi ku buryo hari n’uhamya ko atazaburamo miliyoni 30.
Ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abadepite byatangiye tariki ya mu gihugu hose tariki ya 22/07/2024, aho abakandida bemejwe na NEC bagaragariza abaturage imigabo n’imigambi yabo kugira ngo bazatorwe ku myanya bahatanira mu matora ateganyijwe (…)
Abize n’abatarize bari barashoye akayabo k’amafaranga atandukanye muri kampani yitwa TAT ubu bari mu barira ayo kwarika nyuma yaho Indi byakoraga kimwe na STT ihagaze bugacya nayo bayiburira irengero n’amafaranga akagenda atyo.
Aba bakubwira ko babwirwaga ko TAT izajya ibungukira amafaranga menshi maze barashishikara baguramo imigabane uko buri umwe yifiye, bazagushiduka babwira ko byafunzwe ayabo aba arahiye.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru Mamaurwagasabo ubwo bazindukiraga ahakorera (…)
Kuri uyu wa Kane ku itariki 14 Werurwe 2024, mu karere ka Rubavu, hasojwe icyiciro cyambere cy’umushinga wo guteza imbere imijyi, (RDUP2) uyu mushinga ukoreramo.
Uyu mushinga ukaba ukorera mu mujyi wa Kigali, ndetse no mu turere dutandatu tw’imijyi yunganira umujyi wa Kigali, aritwo Rubavu, Rusizi, Musanze, Muhanga, Nyagatare na Huye.
Mu bikorwa byakozwe muri RDUP2, harimo imihanda, ruhurura, amatara yo gucanira iyo mijyi, ndetse ngo bikiba byarahinduye isura yiyi mijyi, nkuko byemejwe (…)
Kimwe mu byihutisha ubukungu mu bihugu byateye imbere n’ibiri mu nzira y’iterambere birimo n’uburyo bw’ubwikorezi bw’ibicuruzwa no gutwara abantu, u Rwanda narwo rushaka kwisanga mu bihugu bifite ubwikorezi bwa gali ya moshi butwara bibintu byinshi kandi mu buryo bwihuse.
Ni umushinga u Rwanda rwarose runatekereza kuva cyera, ndetse mu myaka nk’itanu ishize rutangira gutekereza uko rwahahirana na Tanzania hakoreshejwe gali ya moshi.
Uyu ni umushinga urenga uburyo bw’ubukungu ugatizwa (…)
Nubwo ari abahinzi ariko ibyo bakora babikeneyemo inyungu mu buryo butandukanye zirimo n’amafaranga
Abahinzi bi mu Kayonza, Ngoma na Rwamagana barinubira igiciro kiri hasi bari kugurirwahi ibishyimbo byeze ubu, gihabanye n’icyo baguzeho imbuto batera.
Aba bahinzi bavuga ko baguraga imbuto y’ibishyimbo ku mafaranga y’u Rwanda 2,000 kuri mironko, none ubu bari kubagurira hagati y’amafaranga 400 na 500frw.
Abaganiriye n’Ikinyamakuru Imvaho Nshya dukeshya ayo makuru, mu gihe biteguraga (…)
Kaminuza ya Muhabura Integrated Polytechnic college (MIPC ) iherereye mu Karere ka Musanze, yashyize ku isoko ry’umurimo abagera ku 196 barangije mu mashami atandukanye basabwa guhanga imirimo.
Ibi babisabwe kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023 mu muhango wo gutanga impamyabushobozi (Advanced Diploma) ku banyeshuri basoje mu byiciro bitandukanye, aho bavuze ko bagiye gukoresha ibyo bize bakabishyira mu ngiro.
Bamwe mu baganiye na Mamaurwagasabo bemeza ko bahawe impamba ihagije ijyanye (…)
Exhibitions serve as platforms for promoting culture, trade, investment, and industry, featuring an array of both physical and non-physical products from individuals, businesses, and government entities. These events play a vital role in fueling economic growth in specific regions. In fact, exhibitions have a rich historical legacy that dates back to the display of artworks and historical materials in the pre-modern era.
In today’s postmodern world, exhibitions have evolved, utilizing (…)
Abagize Urugaga rw’ababaruramari b’umwuga mu Rwanda (ICPAR) bavuga ko bari kuvugana na Leta ku buryo abanyeshuri bajya kwiga muri Kaminuza bajya bahabwa inguzanyo yo gutuma bazajya bayihabwa bari kwiga ibaruramari ry’Umwuga bityo bigakemura ibibazo bimwe na bimwe bigenda bigaraga mu ibaruramari mu Rwanda.
Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2023 mu Karere ka Rusizi.
Umuyobozi wa ICPAR, Amin Miramago yavuze ko mu rwego rwo kuziba icyuho (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























