Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Uburusiya bwarashe i Kyiv mu gihe ibihugu bitatu bigiye gutangayo ubufasha bwihuse

Tuesday 15 March 2022
    Yasomwe na

Kuri uyu wa kabiri nibwo abayobozi baturutse mu bihugu bya Czech Republic, Poland na Slovenia berekeje i Kyiv mu Murwa Mukuru wa Ukraine mu gutanag ubufasha busesuye.

Aba bayobozi baje gutanga ubufasha mu gihe Uburusiya bwarashe ibisasu ku nyubako y’umuturirwa iri mu Murwa mukuru Kyiv igasenyagurika hakaba hari kwitabaza inzego zishinzwe kuzimya inkongi.

Kugira ngo abo bayobozi nabwo bagere muri Kyiv byasabye ko bagenda na Gale ya Moshi kuko izindi nzira bitoroshye kubona uburyo zakoreshwa bagenda urugendo rurerure.

Umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko amaze iminsi atangaje ko umujyi wose ujya muri guma mu rugo y’amasaha 35, hagasohoka gusa abantu bafite impamvu zizwi, zumvikana.

Ukuriye ishami rishinzwe akarere, Valentin Reznichenko yavuze ko yabonye misile ebyiri z’Uburusiya zisenya inyubako iri ku kibuga cy’indege cya Dnipro kiri rwagati muri Ukraine.

Kuri uyu wa mbere habaruwe inzirakarengane 1,800 zazize ibitero by’Uburusiya bigwa mu Murwa Mukuru Kyiv.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru