Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Ubutumwa bw’Abato batari Gito mu rugamba rwo Kubohora u Rwanda

Friday 1 October 2021
    Yasomwe na

Ku itariki nk’iyi twibuka icyemezo gikomeye cyashyizwe mu bikorwa cyo kuzura u Rwanda no kubohora Abanyarwanda byakozwe n’abana b’u Rwanda bari BATO ariko batari GITO,

Ku itariki nk’iyi twibuka abana b’u Rwanda baranzwe no kugira Umutima ukomeye Kandi ucyeye,

Ku itariki nk’iyi tuzirikana UBUDASA mu mitekerereze, imikorere ndetse n’imyifatire byaranze INKOTANYI.

Ntitwabona uko dushimira INKOTANYI zaduhaye ubuzima, zaduhaye u Rwanda, zaduhaye igihugu cyiza, zaduhaye byose. Gusa mu mitima yacu ntituzigera twibagirwa IGIHANGO Dufitanye N’INKOTANYI.

Natwe twiyemeje kwigira ku ndangagaciro na Kirazira byabaranze.

Duhigiye gukomeza GUKOTANIRA u Rwanda kugirango ibyiza ntagereranywa mwatugejejeho bikomeze Gusigasirwa ndetse tunabyubakireho ibindi bikorwa byinshi kandi byiza.

Happy Patriotic Day!

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru