Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Abagera kuri 25 ba AFC/M23 batangiye kuburanishwa

Thursday 25 July 2024
    Yasomwe na

Kuri uyu wa gatatu mu Rukiko Rukuru rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hatangiye kuburanisha abayobozi 25 b’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, irimo na M23, riyobowe na Corneille Nangaa.

Uyu Nangaa yahoze ayoboye komisiyo y’amatora muri iki gihugu ndetse na bamwe mu bagize umutwe wa M23.

Uru rubanza rwatangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2024, ruri kuburanishirizwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo iherereye i Kinshasa, urukiko rukuru rwa gisirikare.

Nangaa araburanishwa adahari ku cyaha cyo gushinga no kuyobora Alliance du Fleuve Congo (AFC), umutwe wa Politiki na gisirikare urimo n’umutwe wa M23.

Nangaa n’abo bareganwa uko ari 25 bari kuburanishwa badahari ku cyaha cyo gushinga no kuyobora Alliance du Fleuve Congo (AFC), umutwe wa Politiki na gisirikare urimo n’umutwe wa M23.

Alliance du Fleuve Congo (AFC) uri gufatanya na M23 mu kurwanya igisirikare cya Congo, mu Burasirazuba bw’iki gihugu, aho uyu mutwe umaze gufata uduce twinshi.

Urutonde rw’abayobozi muri AFC/M23 Congo irimo kuburanisha

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru