Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Abarundi baba mu nkambi za Tanzania banze gutahuka

Thursday 8 December 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Abarundi baba mu nkami z’impunzi za Nduta na Nyarugusu muri Tanzania basanga leta yabo ikwiye kubanza gukemura ibibazo byatumye bahunga mbere yo kubahamagarira guhunguka.

Ibyo babivuze nyuma y’uruzinduko rw’abantu 10 bari impunzi mu bihugu bitandukanye basuye izo nkambi 2 mu cyumweru gishize. Leta y’Uburundi yohereje izo mpunzi kugirango zihamagarire izindi mpunzi zahungiye mu gihugu cya Tanzania gutaha mu gihugu cyababyaye.

Gusa amakuru dukesha Ijwi ry’Amerika avuga ko , bimwe mu byo basaba leta y’Uburundi nyuma y’aho ibahamagarira gutaha ni ugukemura ikibazo cy gukemura umutekano wa buri muntu.

Umwe mu mpunzi yagize ati: “muguhunga twarihunganye, kubera ko twabonye ko ntamutekano uhari ntibatubwiye ngo niduhunge twabonye ko ibyo bari gukora ataribyiza turahunga, nibakora ibyiza natwe tuzizana.”

Leta ngo irasabwa kwiyegereza umuntu wahungutse ikamurinda Imbonera kure ntizongere kuba mu gihugu, ibiciro bikagabanuka ubundi amahoro aboneke mu Burundi.

Bamwe bavuze ko umutekano uri ku muntu uteri kubantu bose, kuko ngo bamwe bahunze inshuro zirenze imwe. Mbere baratahaga bagasanga ntamahoro ahari igihe cyose kugeza ubu baracyavuga ko ntamahoro ari mu Burundi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru