Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abasaga 600 bahuriye i Kigali mu nama yiga uko muri Afurika hasaranganywa imari mu kwikura mu bukene

Tuesday 19 October 2021
    Yasomwe na

MUTUNGIREHE Samuel

Kuri uyu wa Kabiri i Kigali mu Rwanda hagiye gutangira ibiganiro by’inama izwi nk’Icyumweru Nyafurika cy’Ibigo by’Imari Iciriritse “Semaine Africaine de Microfinance, SAM” isuzumirwami bijyanye n’isaranganwa ry’ubukungu no kugeza serivisi z’imari kuri benshi bashoboka ku mugabane w’Afirika nk’uburyo bwo gucogoza ubukene bwatijwe umurindi n’icyorezo cya COVID19 cyaje gisanga nubundi utorohewe.

Ni inama u Rwanda rwakiriye, ibaye ku nshuro ya gatanu, ije isanga umugabane w’Afurika kimwe n’indi migabane ku isi iri mu ihungabana ry’ubukungu ryatewe n’icyorezo cya COVID19.

Ni inama ihuriyemo impuguke zitandukanye mu by’ubukungu, abakora mu nzego z’imari, amabanki, abafatanaybikorwa mu ishiramari n’abandi bose hamwe barenga 600 uko baturutse hirya no hino mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika.

Kugeza ubu ubushakashatsi bugaragaza ko mu Rwanda igipimo cyo kwizigamira mu Banyarwanda kigeze kuri 13%, muri gahunda y’Igihugu Mbaturabukungu NST1 biteganywa kugera kuri 20% mu 2024.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru