Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Bamwe mu banyamakuru ntimwita kubyo mubwira ababumva:Dr Kayumba Christopher

Tuesday 5 June 2018
    Yasomwe na

Abanyamakuru bakwiye kuba bazi abo babwira kandi bakamenya kubwira abakurikira ikinyamakuru bakorera aho ikibazo kiri aho cyaturutse nuko cyacyemuka aho kuvuga uko ikibazo kimeze gusa.

Ibyo babigarutsweho mu mahugurwa y’iminsi itanu arimo kubera mu karere ka kamonyi yateguwe na IWMF(International Women’s Media Fundation)hagamijwe guhindura imikorere idashimwa n’ababakurikira mu nkuru.

Ubu bumenyi burimo guhabwa abanyamakuru aho barebera hamwe imikorere yabo mugutangaza amakuru yabo kuko usanga ahari nkuru zidasomwa cyangwa ngo zumve kubera uko zubatswe,zikoz, ibyo nibimwe mubibazo bifitwe nabamwe mubanyamakuru bitabiriye mahungurwa.

Nk’uko bisobanurwa Dr.kayumba Christopher umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda wigisha itangazamakuru, niwe urimo guhugura ababanyamaukuru aho yatanze urugero rw’amakosa akorwa munkuru bamwe abanyamakuru batitaho kandi ari ngobwa, ntimwite kubo mwandikira aho usanga muvuga ibyo bababwiye gusa mwe ntimushyiremo imbaraga mugushaka ibiri kuruhande urugero nko muminsi ishije nyabarongo byavungwaga ko yuzuye ariko abanyamakuru mukavuga ko umuyobozi uvugira police ishami ry’mumuhanda yavuze ko nyabarongo yuzuye imodoka ntizitambuka muruwo muhanda abanyamakuru nabo bakandika ibyo gusa, ntiberekane igitera kuba nyabarongo yuzura,ntimwerekane icyatumaga ituzura kandi imvura yaguye yarisazwe ingwa ibyo bigasaba ko abanyamakuru bakwiye kujya bakora inkuru bashyizemo gusoma ibitabo kugirango bamenye niba imvura yariyongere cyangwa bakifashisha abahanga mukubaka ibiraro kugirango akubwire niba ikiraro cyazamurwa kuburyo kitarengerwa kandi ntibibuze imodoka kugenda cyangwa abahanga mumigezi kureba niba umugezi ushobora gusiba amazi akigira hejuru aba bahanga batandukanye bakerekana uko icyibazo cya cyemuka ibyo bituma abagukurikira basha kumva impamvu yo kuzura kwanyabarongo ndetse nabashijwe gucyemura icyo kibazo wabaha igitecyerezo munkuru yawe ukareka kuba umunyamakuru utambutsa amatangazo aho gukora inkuru.

Aya namwe mumakosa bamwe mu banyamakuru bakora ugasanga na bavugizi bibogo runaka byababatumiye bisa nitangazo ryanditswe nushijwe itumanaho muricyo kigo aho kuba inkuru y’umunyamakuru ayamahurwa azigisha kumikorere ikwiye umunyamakuru kugirango akurikirwe nabashaka, kumenya amakuru akwiye abo uzi ko bagukurikira.

Mutesi Scovia

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru