Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Butembo: Wazalendo basubiranyemo, abagera mu icumi bahasiga ubuzima

Thursday 6 March 2025
    Yasomwe na

Amakuru aturuka mu mugi wa Butembo wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko abantu hafi icumi bapfuye mu mishyamirano yadutse hagati y’imitwe ibiri y’abarwanyi ba Wazalendo.

Uko gushyamirana, RFI yatangaje ko kwabaye tariki ya 3 Werurwe 2025, kukaba kwamaze amasaha atari make mu duce twa Kimemi muri uwo mugi.

Umuvugizi w’igisirikare cya DRC muri ako gace yabwiye iki kinyamakuru ko bitumvikana ukuntu abantu umukuru w’igihugu yise intwari zitanga ngo congo itsinde urugamba ari bo barangwa n’iyo migirire.

Yabitangaje ubwo yari amaze kumenya ko batandatu muri bo bahasize ubuzima.

Yagize ati: "Biteye isoni. Nimba koko bakunda igihugu, bategerejweho kudufata mu mugongo."

Amashyirahamwe adaharanira imyanya ya poritike yo avuga ko hapfuye abagera ku icumi ku mpande zompi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru