Wednesday . 22 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

FDA yahagaritse ibigo 7 bikora amazi i Kigali

Tuesday 28 June 2022
    Yasomwe na

Yanditswe NIMUGIRE Fidelia

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iyubahirizwa ry’ubuziranenge bw’imiti, ibiribwa n’ibinyobwa, Rwanda FDA, cyahagaritse ibigo birindwi bisanzwe bitunganya amazi yo kunywa, amashami yabyo amwe akorera mu Mujyi wa Kigali.

Mu itangazo iki kigo cya FDA cyashyize hanze kuri uyu munsi cyavuze ko nyuma yo gukora isuzuma ryimbitse ku bigo bikora amazi, basanze ibyo bigo bitujuje ubuziranenge bwo kuba ayo mazi yanyobwa.

Ni mugihe kandi mu minsi ishize hari hamaze guhagarikwa amashami amwe namwe ya Jibu mu Mujyi wa Kigali gusa icy kigo nyuma gitangaza ko cyakosoye ibyo cyasabwe gukora gisubiza amazi ku isoko.

FDA yasabye banyiri ibyo bigo guhita bavana ayo mazi ku isoko ku mpamvu yo kurengera ubuzima bw’abanyarwanda

FDA iragira inama Abanyarwanda bari basanzwe bakoresha aya mazi guhindura bagakoresha ari ku isoko yabiherewe uburenganzira na Rwanda FDA.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru