Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 4 March » Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye – read more
  • 4 March » Nyagatare: Barasaba ko igishanga cy’umuceri gitunganywa – read more
  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more

FDA yahagaritse ibigo 7 bikora amazi i Kigali

Tuesday 28 June 2022
    Yasomwe na

Yanditswe NIMUGIRE Fidelia

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iyubahirizwa ry’ubuziranenge bw’imiti, ibiribwa n’ibinyobwa, Rwanda FDA, cyahagaritse ibigo birindwi bisanzwe bitunganya amazi yo kunywa, amashami yabyo amwe akorera mu Mujyi wa Kigali.

Mu itangazo iki kigo cya FDA cyashyize hanze kuri uyu munsi cyavuze ko nyuma yo gukora isuzuma ryimbitse ku bigo bikora amazi, basanze ibyo bigo bitujuje ubuziranenge bwo kuba ayo mazi yanyobwa.

Ni mugihe kandi mu minsi ishize hari hamaze guhagarikwa amashami amwe namwe ya Jibu mu Mujyi wa Kigali gusa icy kigo nyuma gitangaza ko cyakosoye ibyo cyasabwe gukora gisubiza amazi ku isoko.

FDA yasabye banyiri ibyo bigo guhita bavana ayo mazi ku isoko ku mpamvu yo kurengera ubuzima bw’abanyarwanda

FDA iragira inama Abanyarwanda bari basanzwe bakoresha aya mazi guhindura bagakoresha ari ku isoko yabiherewe uburenganzira na Rwanda FDA.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru